skol
fortebet

Messi yakoreye Cristiano Ronaldo igikorwa benshi batatekerezaga

Yanditswe: Tuesday 25, Sep 2018

Sponsored Ad

Kabuhariwe Lionel Messi yatunguye benshi ubwo mu bakinnyi 3 yatoye mu guhatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza wa FIFA harimo Cristiano Ronaldo bamaze imyaka 10 bahatana mu makipe yabo ndetse no kuri ibi bihembo.

Sponsored Ad

Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona yashimishije benshi kubera iki gikorwa yakoreye Cristiano Ronaldo nubwo we ataramutora na rimwe.

Messi yatoye Cristiano Ronaldo mu bakinnyi bitwaye neza ku isi

Mu bakinnyi 3 Messi yatoye barimo Luka Modric yatoye ku mwanya wa mbere,akurikizaho Kylian Mbappe, asoreza kuri Cristiano Ronaldo, wabaye uwa kabiri inyuma ya Modric wegukanye iki gihembo.

Messi yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago kuko nta mukinnyi wa FC Barcelona yigeze atora mu bakinnyi 3 yatoye ahubwo yitoreye 2 bafite aho bahuriye na Real Madrid.

Ibitekerezo

  • Yabatoreyehe se ko we na Cristiano batitabiriye umuhango?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa