skol
fortebet

Abakobwa 14 nibo batsindiye kuzahagararira Intara y’Iburasirazuba muri Miss Rwanda 2022

Yanditswe: Sunday 06, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Amajonjora yo gutoranya abakobwa bazahagararira Intara n’Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022, kuri iki Cyumweru yakomereje mu Karere ka Kayonza ahatoranyijwe abakobwa 14 b’uburanga bazahagararira intara y’Iburasirazuba.
Iri jonjora ryo kuri iki Cyumweru tariki 6 Gashyantare 2022, ryabereye muri Silent Hill Hotel, iri hafi y’Umujyi wa Kayonza.
Uburasirazuba ni ho hari hatahiwe nyuma y’Amajyaruguru, Uburengerazuba, ndetse n’Amajyepfo ahamaze gutoranywa abakobwa 27.
Abakobwa bitabira ijonjora (...)

Sponsored Ad

Amajonjora yo gutoranya abakobwa bazahagararira Intara n’Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022, kuri iki Cyumweru yakomereje mu Karere ka Kayonza ahatoranyijwe abakobwa 14 b’uburanga bazahagararira intara y’Iburasirazuba.

Iri jonjora ryo kuri iki Cyumweru tariki 6 Gashyantare 2022, ryabereye muri Silent Hill Hotel, iri hafi y’Umujyi wa Kayonza.

Uburasirazuba ni ho hari hatahiwe nyuma y’Amajyaruguru, Uburengerazuba, ndetse n’Amajyepfo ahamaze gutoranywa abakobwa 27.

Abakobwa bitabira ijonjora ribera muri iyi ntara baba baturutse mu turere twa Nyagatare, Gatsibo, Kirehe, Ngoma, Rwamagana, Bugesera na Kayonza ndetse iyi ntara niyo ikunze kugira agahigo ko kugira abakobwa benshi bitabira.

Abakobwa bitabira ijonjora ribera muri iyi ntara baba baturutse mu turere twa Nyagatare, Gatsibo, Kirehe, Ngoma, Rwamagana, Bugesera na Kayonza.

Iri rushanwa riri ku ba ku nshuro ya 12,amajonjora azasorezwa mu mujyi wa Kigali, aho abakobwa bujuje ibisabwa [ubwiza, ubwenge, umuco] aribo bazemererwa kwinjira mu mwiherero uzavamo uzahabwa ikamba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa