skol
fortebet

Akon yanenze abakomeje kwibasira Kanye West

Yanditswe: Monday 05, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi akaba na rwiyemezamirimo Aliaune Damala Badara Akon Thiam wamamaye nka Akon, yasabye abantu kujya bareka abandi bagatanga ibitekerezo uko babyumva, aho kwihutira kubacyaha batabanje kumva neza ibyo bavuga.

Sponsored Ad

Aha yagaragaje ko ashyigikiye uburyo umuraperi Kanye West w’imyaka 45 agaragazamo ibitekerezo bye, n’ubwo aherutse kwamaganwa na benshi ubwo yavugaga ko akunda umudage Adolphe Hitler n’Aba-Nazi.

Mu kiganiro Akon yagiranye na Sky News, yavuze ko ashyigikiye uburenganzira bwo kuvuga bwa Kanye West (Ye), akavuga icyo atekereza mu gihe ashakiye, hatitawe ku wo bishibora guhungabanya.

Yagize ati “Mu byukuri sinemeranya n’ibyo Kanye West yavuze kuri Hitler, icyo mvuga ni uko buri wese afite uburenganzira ku bitekerezo bye, ntabwo twese tugomba kugira ibitekerezo bimwe ku bintu runaka.”

Akon avuga ko “Kudasangira ibitekerezo bituma tutamenyana neza.” Ati “Ndatekereza ko rimwe na rimwe tugomba gufungura ibitekerezo byacu tukumva neza uko ibintu bimeze n’aho bigana.”

Yakomeje agira ati “Njyewe nshyigikiye uburenganzira bwo kwizera ibyo ushaka kwizera, iyo nza kuba ndi uvugana na Kanye nari kumubwira icyo ntemeranya na we n’impamvu ntabyemera, aho guhita mucyaha.”

Uyu muhanzi akaba n’umuyobozi wa Konvict Kulture, avuga ko we yari kubanza kumenya igituma Kanye West yizera ibyo avuga, bakaganira aho guhita amucyaha kuko gusangira ibitekerezo arirwo rufunguzo.

Akon w’imyaka 49 avuga ko ibitekerezo bya Kanye West ntacyo bimuhungabanyaho ku giti cye.

Avuga ko biba byiza iyo abantu basangiye ibitekerezo kuko bituma barushaho kumenyana byimbitse, bakareka gucirana imanza ahubwo bakarebera hamwe uko bafata umwanzuro ku bintu bimwe na bimwe.

Kanye West aherutse guhomba bikomeye ubwo yatakazaga amasezerano y’ubucuruzi yari afitanye n’ibigo bikomeye bitewe n’imvugo ze zafashwe nk’izihembera urwango muri rubanda no gupfobya Jenoside yakorewe Abayahudi.

Ibitekerezo

  • 🥦#ESE_KWIKINISHA ( Mastrubation) #WAVURWA_N_IKI?🥦
    + 250789502321 ( whatsapp and call)

    1⃣Impamvu nyamukuru itera kwikinisha ni ubwigunge no kuba wenyine.

    2⃣Ibi bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa cyangwa ingendo za kure kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.

    3⃣Indi mpamvu ni uguhemukirwa n’uwo wakundaga ugasigara wumva wakikemurira ikibazo uri wenyine

    4⃣Kureba film za porno no kureba amafoto y abantu bambaye ubusa ni indi mpamvu ishobora gutera kwikinisha.

    5⃣Kugira isoni no gutinya nabyo biri mu bitera kwikinisha, cyane cyane ku bahungu.

    6⃣Gutinya indwara zandurira mu mibonano kimwe no gutera cyangwa guterwa inda nabyo bishobora gutuma umuntu yikinisha

    7⃣Ku bagore gukora imibonano ntarangize bishobora kumutera kwikinisha kugirango arangize.

    ✳️Ibibi byo kwikinisha

    #Kwikinisha bigira ingaruka nyinshi zitari nziza.

    ▪Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n ukuboko ukoresha wikinisha, kudakura kw’igitsina

    ▪Bituma wumvako wihagije haba mu buzima busanzwe no mu buzima bw’imyororokere

    ▪Nyuma ushobora kujya urangiza utinze cyane, cyangwa se ukajya uhita urangiza

    ▪Hari igihe wumva uzinutswe abo mudahuje igitsina

    ▪Ku bahungu bigeraho wajya no kunyara hakazamo amasohoro

    ▪Ku bakobwa byangiza rugongo kandi bigatuma udashobora kurangiza keretse ukoresheje intoki niyo waba ufite umugabo.

    ▪Bituma uhorana umunabi, no kwiheba

    ▪Bishobora gutuma umutima utera nabi

    ▪Bishobora kwangiza udutsi two mu bwonko bityo bigatuma uba igihubutsi, utabasha gufata imyanzuro ihamye

    ▪Bigabanya umubare w intanga ku bahungu bikaba byabaviramo kutabasha gutera inda

    ▪Bitera gususumira no kudakomera mu ngingo
    ▪️Kubura ubushake mugihe k’imibonano mpuza bitsina no kurangiza vuba
    ▪uburemba
    ▪Iyo udafatiranye hakiri kare, bishobora no gutera urupfu rutewe n’imikorere mibi y’umutima.

    Twibutseko ibi bishobora kukubaho mu gihe wikinisha birenze urugero ni ukuvuga birenze 2 mu cyumweru, muri rusange.

    ✳️ Ni gute wacika ku kwikinisha?

    Hakenewe cyane gukumira ibiguteza ingorane zo kwikinisha.

    Kandi ukatugana tukaguha inama zisumbuyeho . Ikindi Kandi Hari imiti y’umwimerere ituruka muri ASIA Ibasha gukumira ingaruka zo kwikinisha zose maze umubiri wawe ugasubirana ubutaraga.

    ✳️Dore zimwe mu nyunganiramirire z’umwimerere zikuraho ingaruka zose wagize,ikabasha gutuma usubira kuri gahunda ntangaruka iguteye.

    #chlorophille
    #yeegingko cps
    #tongkti Alli coffee
    #ginseng cps

    Murakoze,
    Ukeneye inama cg ibindi byakuvura twavuze haruguru, wanyandikira cg ukampamagara kuri+250789502321(WhatsApp and call)
    Kandi utangira kubona impinduka nyuma y’iminsi 2 uri gukoresha imiti, cyane cyane nk’abacitse intege mugutera akabariro, bihita bikemuka iyo akoresheje Products tumuhaye. Ntubyihererane biravurwa bigakira

    Roho nziza mu umubiri muzima.Kora share ufashe n’abandi kuko birigusenya ingo nyishii

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa