Ibyo Damond yatangaje ku mugore wa Alikiba byatumye yitwa inyamaswa
Yanditswe: Tuesday 01, Aug 2023
Amina Khalef, umugore w’umuhanzi w’umunya-Tanzaniya Alikiba watangaje ko ibyo umuhanzi ukunzwe muri Afurika y’iburasirazuba Diamond Platnumz aheruka gutangaza ko ari gikorwa cy’ubunyamaswa yakoze .
Uyu mugore mu magambo agaragaza ko yababajwe cyane na Diamond wamuzanye mu mpaka z’urudaca aho yagize ati”Ni ubunyamaswa kwinjiza umuntu w’inzirakarengane mu bintu by’amakimbirane.”
Amina yakomeje agira ati agira ati”Bigaragaza gusuzugura abagore. Ikibabaje kuba wumva bitaguteye ni isoni ubu se ni iki (...)
Amina Khalef, umugore w’umuhanzi w’umunya-Tanzaniya Alikiba watangaje ko ibyo umuhanzi ukunzwe muri Afurika y’iburasirazuba Diamond Platnumz aheruka gutangaza ko ari gikorwa cy’ubunyamaswa yakoze .
Uyu mugore mu magambo agaragaza ko yababajwe cyane na Diamond wamuzanye mu mpaka z’urudaca aho yagize ati”Ni ubunyamaswa kwinjiza umuntu w’inzirakarengane mu bintu by’amakimbirane.”
Amina yakomeje agira ati agira ati”Bigaragaza gusuzugura abagore. Ikibabaje kuba wumva bitaguteye ni isoni ubu se ni iki gitandukanya umugabo n’inyamaswa.”
Atangaje ibi nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize Diamond Platnumz yumvikanye akomoza ku kuba yarajyaga aryamana n’uyu mugore.
Ni mu butumwa bwuje ubwishongozi abwira Alikiba ko ntaho bahuriye yamusanze mu muziki akamukubita inshuro muri buri kimwe akamukuba inshuro zitagira umubare akwiye gucisha make.
Aho ni naho yuririye avuga ko Alikiba nta bantu agira bose baba mubeshya mbega byo kumukora mu gisebe akamubwira ko na Amina Khaleef umugore basezeranye muri 2018 yamubeshya kuko yarafitanye n’umubano wihariye na we.
Kuri ubu Amina Khaleef ari muri gatanya na Alikiba ashinja kumuca inyuma inshuro zitari nke ibyo akaba yarabirambiwe agahitamo kumuzinukwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *