skol
fortebet

Amashusho y’umunyarwandakazi Lynda Ddane yambaye ubusa buri buri akomeje kuvugisha benshi

Yanditswe: Wednesday 26, Apr 2023

featured-image

Sponsored Ad

Amashusho agaragaza umunyarwandakazi ukorera muri Uganda umwuga w’itangazamakuru ndetse no kuvanga imiziki wamenyekanye nka Lynda Ddane yambaye ubusa akomeje kuvugisha benshi muri iki gihugu cyane ko atari ubwa mbere uyu mukobwa ashyizwe hanze yambaye ubusa.

Sponsored Ad

Urubuga rwa Exclusive ruri mu zigezweho muri Uganda, rwatangaje ko aya mashusho yashyizwe hanze n’umuntu utaramenyekana ku wa 24 Mata. Ni amashusho yasakajwe muri ‘Insta Story’ ya K FM uyu mukobwa asanzwe akorera.

Uwayashyize ku rubuga byaje gutangazwa ko ari umu-hacker, yagaragaje ko yabikoze ashaka kwigisha isomo uyu mukobwa uri mu bakomeye mu myidagaduro ya Uganda.

Yakomeje avuga ko Ddane hari umusore witwa DJ Bryan yagiye yoherereza amashusho yambaye ubusa bikarakaza umukire wamuguriye imodoka yo mu bwoko bwa BMW X3.

Ku rubuga rwa Twitter rwa KFM, bahise bihutira kugaragaza ko binjiriwe bityo ubu butumwa n’aya mafoto by’uyu mukobwa ntaho bahuriye nabyo.

Ni ubwa kabiri mu kwezi kumwe gusa Lynda Ddane bashyira hanze amafoto ye yambaye ubusa.

Byaherukaga ku wa 13 Mata, uwashyize aya mashusho kuri Twitter wiyise amazina ya Lyndahddanenude yakangishije uyu mukobwa ko agiye gushyira hanze andi menshi yambaye ubusa ariko byongeye kugenda.

Yaranditse agira ati “Ubu mfite amashusho ya Lynda Ddane wa NTV Uganda ukora mu kiganiro (NTV The Beat), aya mashusho nzayashyira kuri konti ya TikTok.”

Amwe yagaragazaga uyu mukobwa ari kumwe n’undi mugabo mu gitanda andi ari wenyine.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa