skol
fortebet

Bad Rama yakubise amaso Marina kwifata biramunanira aramuterura(Amafoto)

Yanditswe: Friday 02, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe n’ibyishimo akamuterura abari aho bose bakabarangarira.

Sponsored Ad

Bad Rama yageze Ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe Mu ijoro ryo ku wa 1 Ukuboza 2022, aho yari ategerejwe n’abatari bake barimo abo bakorana ndetse n’itangazamakuru ryari rifite byinshi byo kumubaza.

Mu bari bategerezanyije amatsiko Bad Rama, harimo Marina umuhanzikazi ubarizwa muri The Mane Music, sosiyete y’uyu mugabo isanzwe ifasha abahanzi.

Icyakora urukumbuzi rwari ku mpande zombi kuko ubwo Bad Rama yari asohotse mu kibuga cy’indege akubise Marina amaso, kwifata byamunaniye,biramurenga, yirengagiza imbaga y’abari ku kibuga cy’indege baje kwakira ababo bari babahanze amaso, aterura uyu muhanzikazi amushyira mu bicu ari nako amusomagura bigaragara ko yari amufitiye urukumbuzi rudasanzwe.

Bad Rama atashye mu Rwanda mu gihe ibikorwa bya The Mane Music byasubiye inyuma ku buryo bugaragarira buri wese ukurikirana umuziki.

Iki ni kimwe mu bibazo byitezwe ko uyu mugabo azakemura mu gihe cy’amezi hafi atandatu azamara mu Rwanda, kimwe no kugarura ibindi bikorwa yari asanzwe amenyerewemo nka filime yari yatangije ndetse n’igitaramo cyo kumurika imideli aherutse gutangaza ko agiye gukora ku nshuro ye ya mbere.

Ibitekerezo

  • #Niba_urangiza_vuba_cyangwa_ugacika_intege_mu_gihe cyo #gutera_akabariro, #Koresha_YEE_GINKGO_TABLETS #bikire_burundu #binahe_urugo_rwawe_umunezero.
    +250780502321

    #YEE_GINKGO_TABLETS ikozwe mu kimera kitwa #gingko_biloba gikomoka mu bimera gakondo byo muri Asia bizwiho kongera imbaraga cyane cyane Ku bagabo.#Ginkngo_biloba bayita #igiti_cy_ubuzima kuko nicyo kimera cyonyine cyarokotse #igisasu_cyatewe_Hiroshima_na_Nagasaki mu ntambara ya 2 y isi yose byinshi kuri iki giti wakireba Kuri google.

    Iyi nyunganiramirire nta ngaruka itera ku buzima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements urugero nka Viagra.
    Ushaka kujya umenya amakuru y Ubuzima n ibiribwa byo kwitondera bikona bikona abagabo ndetse n ibyongera imisemburo ya kigabo

    #AKANDI_KAMARO_ka_Yeegingko:

    ✅ Ituma amaraso atembera neza.

    ✅ Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.

    ✅Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza.

    ✅Igabanya urugimbu rw’amaraso.

    ✅ Irinda amaraso kwipfundika.

    ✅ Irinda imitsi gupfunyarara.

    ✅ Irinda kujunjama n’indwara ziherekeza ubusaza.

    ✅ Ivura guhorana umunaniro ukabije.

    ✅ Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
    ✅ Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza.

    ✅ Irwanya cyane kurwara umutwe w’uruhande rumwe ikanarwanya asima.

    ✅ Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro...

    #Uko_Yeeginko_ifatwa:
    Ufata ibinini 2 mu gitondo na 2 nimugoroba.
    Dukorera:
    #Kigali🇷🇼
    #Remera🇷🇼
    #Bujumbura🇧🇮
    #Maputo🇲🇿
    #Dakar🇸🇳
    #Kampala🇺🇬
    #Lilongwe🇲🇼
    Uyikeneye waduhamagara cg ukatwandikira kuri Watsapp hita ukanda hano https://wa.me/+250789502321

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa