Imyidagaduro
Bwa mbere Rihanna agaragaye muruhame yikwije kuva yatwita(AMAFOTO)
Yanditswe: Friday 25, Mar 2022
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu, umuhanzikazi Rihanna yagaragaye muruhame yambaye yikwije ubwo yari mu mihanda ya Los Angeles hamwe n’umukunzi we, A $ AP Rocky.
Kuva Rihanna yatwita akagaragaza ko akuriwe yakunze kwigaragaza inda atwite irihanze atifubitse, ibi byatumye hari abamunenga bavugako ko ahora yanitse umwana ku gasozi.
Rihanna yagaragaye afatanye agatoki ku kandi n’umugabo we bagiye mu iguriro rya Tesoro muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Imyambarire ya Rihanna yashimishije benshi kuburyo byatumye bamwe batungurwa kubera uburyo yari amaze iminsi yigaragaza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *