skol
fortebet

Chary na Nina bakoreye igitaramo cya mbere I Burayi kirabahira - Amafoto

Yanditswe: Sunday 05, Mar 2017

Sponsored Ad

Ku nshuro ya mbere bataramiye mu gihugu cy’u Bubirigi, Charly na Nina beretswe ko ibihangano byabo bikunzwe cyane muri iki gihugu.
Iki gitaramo cyabereye ahitwa Birmingham Palace Mu Mujyi wa Brusel , kitabiriwe n’umubare munini w’abafana b’aba bahanzi, biganjemo Abanyarwanda baba muri iki gihugu, aho babagaragarije urukundo rudasanzwe
Aba bahanzi bataramye ku buryo bwa Live bacurangirwa n’abanyamuziki babizobereyemo barimo Mihigo Francois Chouchou ukomoka mu Rwanda, Ras Kayaga, Didier Touch (...)

Sponsored Ad

Ku nshuro ya mbere bataramiye mu gihugu cy’u Bubirigi, Charly na Nina beretswe ko ibihangano byabo bikunzwe cyane muri iki gihugu.

Iki gitaramo cyabereye ahitwa Birmingham Palace Mu Mujyi wa Brusel , kitabiriwe n’umubare munini w’abafana b’aba bahanzi, biganjemo Abanyarwanda baba muri iki gihugu, aho babagaragarije urukundo rudasanzwe

Aba bahanzi bataramye ku buryo bwa Live bacurangirwa n’abanyamuziki babizobereyemo barimo Mihigo Francois Chouchou ukomoka mu Rwanda, Ras Kayaga, Didier Touch utunganya imiziki mu bubirigi n’abandi.

Mu gihe kirenga isaha bamaze baririmbira abakunzi babo, baririmbye indirimbo zabo zikunzwe zirimo ‘Owooma bafatanyije n’umugande GeoSteady’, ‘Indoro bakoranye na Big Farious’, ‘Face to Face’, ‘Bye Bye’ n’izindi.




Mihigo Francois Chou na Ras Kayaga mu bacurangiye aba bahanzi


Abafana bari biganjemo abanyarwanda baba mu Bubiigi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa