skol
fortebet

Diamond yahishuye ikintu atinya kurusha ibindi mu buzima bwe

Yanditswe: Monday 23, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi Diamond Platnumz ukunzwe n’abatari bake muri Africa ndetse no ku Isi mu rusange yahishuye ikintu atinya kurusha ibindi byose ku buryo abifata nk’ukuzimu.

Sponsored Ad

Mu mashusho yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram ari aho ari gutunganyiriza indirimbo ye nshya, Diamond yumvikana ahamya ko kurira ari ikintu atinya kurusha inzoka ati: “Mpa inzoka 100 nakina nazo mu cyumba, ariko kurira mbifata nk’ukuzimu! Yewe no guhagarara ku meza mbifata nko kwiyahura, kuko mfite indwara yo gutinya kurira ntabwo wakumva ukuntu ibi byangoye.”

Ibi yabitangaje mu gihe yari mu ifatwa ry’amasusho aho yari kurira akajya ku rusenge rw’inzu, ahantu hahanamye cyane uvuye ku butaka byabaye intambara kugerayo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa