Diamond yashimangiye ubushuti afitanye n’umuhanzikazi wo muri Uganda
Yanditswe: Thursday 13, Jul 2023
Umuhanzi Diamondi Platunmz umaze kubaka izina mu muziki w’Akarere kibiyaga bigari ,ubu uri kubarizwa muri Uganda aho biteganyijwe ko aje gukorana indirimbo n’umuhanzikazi Spice Diana w’inshuti ye magara yasangije abamukurikira impinduka agiye kuzana mu muziki we.
Aganira n’itangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda, Umuhanzi Diamond Plutnumz yavuze ko agiye gukora ibyo amaso y’abantu atari yabona ku buryo abantu bazaterwa ishema n’umuziki we.
Yagize ati "Ibyiza ntabwo biraza, indoto zanjye ni (...)
Umuhanzi Diamondi Platunmz umaze kubaka izina mu muziki w’Akarere kibiyaga bigari ,ubu uri kubarizwa muri Uganda aho biteganyijwe ko aje gukorana indirimbo n’umuhanzikazi Spice Diana w’inshuti ye magara yasangije abamukurikira impinduka agiye kuzana mu muziki we.
Aganira n’itangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda, Umuhanzi Diamond Plutnumz yavuze ko agiye gukora ibyo amaso y’abantu atari yabona ku buryo abantu bazaterwa ishema n’umuziki we.
Yagize ati "Ibyiza ntabwo biraza, indoto zanjye ni nini kandi ndacyagerageza kuzigeraho. Nturuka ahantu haciriritse ariko ndashaka ko East Africa izaterwa ishema nanjye"
Yakomeje avuga ko uyu mwaka ariwo agiye gutangira gukora kandi abantu bakwiye kwitega ibitabgaza agiye gukora.
Yagize ati "Muzandebe muri uyu mwaka,ngiye kubatungura cyane, ntabwo ndimo nkora ibi byose kubera Tanzania ahubwo ndimo kubikora kubera East Africa yose’’.
Diamond ari mu gihugu cya Uganda aho ku munsi w’ejo azakora igitaramo nyuma y’uko agaragaye mu byiciro bibiri mu bahatanye mu bihembo bya The Headies.
Spice Diana ugiye gukorana korambo n’icyamamare Diamond nawe aza muhanzi bahagaze neza mu gihugu cya Uganda
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *