skol
fortebet

Gen. Muhoozi yahishuye abahanzi nyarwanda bazitabira ikirori cy’isabukuru ye

Yanditswe: Monday 27, Mar 2023

featured-image

Sponsored Ad

Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umujyanama wihariye akaba n’imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ,yahishuye abahanzi bazitabira ikirori cyo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko y’imayaka 49.
Mu birori Muhoozi Kainerugaba yise ’Rukundo Egumeho’ yavuze ko Intore Massamba, Kenny Sol na Bwiza bari mu bahanzi bo mu Rwanda bazataramira abazitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 49.
Kizaba ku ya 19 Mata 2023 ku kibuga cy’umupira cy’ishuri rya Kigezi mu Karere ka Kabale mu (...)

Sponsored Ad

Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umujyanama wihariye akaba n’imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ,yahishuye abahanzi bazitabira ikirori cyo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko y’imayaka 49.

Mu birori Muhoozi Kainerugaba yise ’Rukundo Egumeho’ yavuze ko Intore Massamba, Kenny Sol na Bwiza bari mu bahanzi bo mu Rwanda bazataramira abazitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 49.

Kizaba ku ya 19 Mata 2023 ku kibuga cy’umupira cy’ishuri rya Kigezi mu Karere ka Kabale mu Burengerazuba bwa Uganda.Kwinjira bizaba ari ubuntu.

Ni ku nshuro ya kabiri Massamba atumiwe muri iki gitaramo mu gihe umwaka ushize ubwo Muhoozi yizihizaga isabukuru y’imyaka 48 nabwo yari yatumiwe mu cyabereye i Kampala.

Abandi bahanzi bo muri Uganda batumiwe harimo Ray G, Vinka, Eddy Kenzo, Spice Diana n’abandi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa