skol
fortebet

Harmonize akomeje kwerekana amarangamutima kuri Yolo The Queen w’ikimero kirangaza benshi[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 04, May 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Tanzaniya no mu karere, Harmonize, yongeye kugaragaza amarangamutima kuri Yolo The Queen umunyarwandakazi w’ikimero gitangaza benshi , aho uyu muhanzi yababajwe n’uko Yolo The Queen yagiye muri Tanzaniya adahari ndetse atanamumenyesheje. Harmonize yagaragaje ko yahawe amakuru y’uko Yolo The Queen ari kubarizwa muri Tanzaniya, ndetse ko atigeze amubwira ko yahaje.
Nyuma yo kubaza Yolo The Queen niba ari kubarizwa muri Tanzaniya, Yolo nawe yasubije ko yahavuye (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki wa Tanzaniya no mu karere, Harmonize, yongeye kugaragaza amarangamutima kuri Yolo The Queen umunyarwandakazi w’ikimero gitangaza benshi , aho uyu muhanzi yababajwe n’uko Yolo The Queen yagiye muri Tanzaniya adahari ndetse atanamumenyesheje.
Harmonize yagaragaje ko yahawe amakuru y’uko Yolo The Queen ari kubarizwa muri Tanzaniya, ndetse ko atigeze amubwira ko yahaje.

Nyuma yo kubaza Yolo The Queen niba ari kubarizwa muri Tanzaniya, Yolo nawe yasubije ko yahavuye mu minsi itatu Ishize ndetse ko yibaza uwamuhaye amakuru.

Harmonize utari wakanyurwa, yahise abwira Yolo The Queen ko nasanga hari ibiganiro yagiranye n’uwo ariwe wese batari buze kumvikana.

Harmonize uherutse mu Rwanda, bivugwa ko mu mpamvu nyamukuru zari zamuzanye harimo no gutsinda icy’umutwe akabonana na Yolo.

Harmonize yababajwe n’uko Yolo yavuye Tanzaniya atamubwiye

Icyo gitego yaje kugitsinda kuko yaje kubonana na Yolo The Queen muri Hotel Harmonize yarayemo ndetse ko banararanye.

Harmonize icyo gihe yagiye umugambi ari uwo gukundana na Yolo ndetse ubu bikaba biri kugenda binozwa.

Umunyarwandakazi w’uburanga n’ikimero Yolo The Queen wamamaye cyane kubera amafoto atandukanye yagiye ashyira ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko instagram agakundwa n’abenshi kubera uburnaga bwe n’ikimero bitangaje .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa