skol
fortebet

Iyo nkunze umubyeyi ukunda umwana we! Harmonize yishongoye kuri Rayvanny

Yanditswe: Tuesday 17, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Abahanzi Harmonize na Rayvanny bahoze bahuriye mu nzu ya Wasafi itunganya ikanareberera inyungu z’abahanzi, bakomeje guterana amagambo bikomeye aho buri umwe yishongora ku wundi.

Sponsored Ad

Abahanzi Harmonize na Rayvanny bahoze bahuriye mu nzu ya Wasafi itunganya ikanareberera inyungu z’abahanzi, bakomeje guterana amagambo bikomeye aho buri umwe yishongora ku wundi.

Ibi bikaba byatangiye nyuma y’uko Harmonize avuze ko abahanzi bafite guhagarika gukomeza gukora indirimbo z’inzoga kuko n’abasinzi ubwabo batazishimira.

Mu magambo ye Harmonize yagize ati: ”Abahanzi bafite guhagarika gukora indirimbo z’inzoga, ntimugatekereze ko abantu bose muri iki gihugu ari abasinzi cyane ko natwe tunywa tunywana agahinda cyane muri Mutarama.”

Rayvanny akibona ibi yahise agaragaza ko ari we yarimo avuga, amubaza impamvu bimuraje ishinga ati: ”Nta ndirimbo n’imwe y’abanywi wakoze yanditse amateka kuki ibi bikuraje ishinga.”

Harmonize yahise asubiza Rayvanny ko amurenzeho, amusaba kuza akamwigisha uko bakorera amafaranga. Avuga ko ibyo bitari bikwiye kuko yabigize amatiku kandi yavugaga muri rusange.

Harmonize yagize ati: ”Kuki unyanga cyane uzaze iwanjye nkwereke uko bakora amafaranga kuko urabizi ko nkurenze n’iyo nkunze umubyeyi ukunda umukobwa we.”

Ibi Rayvanny abivuze nyuma y’igihe atandukanya na Frida Kajla wahoze ari umukunzi we akaba umubyeyi wa Paula Kajala wahoze ari umukuzi wa Rayvanny.

Kugeza ubu aba bombi nta numwe ugikndana nundi kuko ku ruhande rwa armonize yamaze gutandukana na Kajala ndetse na Paula yamaze gutandukana na Rayvanny bari bamaze igihe bakundana.

Harmonize na Frida Kajala batandukanye yari yaramwambitse impeta

Rayvanny ubwo yari mu rukundo na Paula Kajala umukobwa wa Frida Kajala

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa