skol
fortebet

Ibyamamare nyarwanda bituye Amerika byahuriye hamwe birasangira [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 26, Sep 2023

featured-image

Sponsored Ad

Abahanzi barimo Kitoko, Umuratwa Priscillah uzwi nka Princess Priscilah , TMC , Nsengiyumva Emmanuel wamenyekanye nka Emmy , Shaffy, ndetse na Charly & Nina bahuye aho bari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Sponsored Ad

Ibi birori byakurikiye igitaramo cya Christopher aba banyamuziki bitabiriye mu rwego rwo gushyigikira mugenzi wabo ku wa 23 Nzeri 2023.

TMC wizihizaga isabukuru y’amavuko ku wa 25 Nzeri 2023 asanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Arizona.

Uyu muhanzi wubatse izina mu itsinda rya Dream Boys, yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Gashyantare 2020.

TMC yagiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kwiga, ibyatumye Platini Nemeye baririmbanaga atangira kwiririmbana kugeza ubu akaba asigaye akora umuziki ku giti cye.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa