skol
fortebet

Impanga mu bakobwa 20 bahataniye ikamba rya MISS RWANDA 2018

Yanditswe: Saturday 03, Feb 2018

Sponsored Ad

Kuya 03 Gashyantare,2018 hakomeje irushanwa rya Miss Rwanda ryo gushakisha Nyampinga w’igihugu cy’u Rwanda 2018 aho abakobwa 20 batoranyijwe bagomba kujya muri Boot Camp aho bazava batoranywamo umwe wegukana ikamba.
Nyampinga w’igihugu azagaragirwa n’ibisonga bibiri.Uko ari 35 bose bavuye mu Ntara zigize u Rwanda mu majonjora yatangiye kuwa 13 Mutarama kugera ku wa 27 Mutarama 2018.
Muri aba bakobwa 35 havuyemo abakobwa 20 bazajya mu mwiherero ari nabo bazatorwamo Nyampinga w’u Rwanda kuwa 24 (...)

Sponsored Ad

Kuya 03 Gashyantare,2018 hakomeje irushanwa rya Miss Rwanda ryo gushakisha Nyampinga w’igihugu cy’u Rwanda 2018 aho abakobwa 20 batoranyijwe bagomba kujya muri Boot Camp aho bazava batoranywamo umwe wegukana ikamba.

Nyampinga w’igihugu azagaragirwa n’ibisonga bibiri.Uko ari 35 bose bavuye mu Ntara zigize u Rwanda mu majonjora yatangiye kuwa 13 Mutarama kugera ku wa 27 Mutarama 2018.

Muri aba bakobwa 35 havuyemo abakobwa 20 bazajya mu mwiherero ari nabo bazatorwamo Nyampinga w’u Rwanda kuwa 24 Gashyantare 2018.Akanama nkempurampaka kagizwe na Isheja Sandrine, Rusaro Carine na Francine Uwera Havugimana.

Abakobwa 20 batambutse

1 . Uwase Ndahiro Liliane yahawe itike kubera ko yagize amanota menshi binyuze ku butumwa bugufi kuri telephone

2 . Umunyana Shanitah

3 . Irebe Natacha Ursule

4 . Munyana Shemsa

5 . Umuhoza Karen

6 . Umuhire Rebecca

7 . Ishimwe Noriella

8 . Iradukunda Liliane

9 . Uwase Fiona

10 . Irakoze Vanessa

11 . Umutoniwase Anastasie

12 . Dushimimana Lydia

13 . Ingabire Belinda

14 . Ingabire Divine

15 . Uwonkunda Belinda

16 . Umutoniwase Paula

17 . Uwineza Solange

18 . Mushambokazi Jordan

19 . Nzakorerimana Gloria

20 . Umutoni Charlotte

Uwonkunda Belinda na Umutoni Belinda ni abakobwa b’impanga batunguranye mu irushanwa rya Miss Rwanda 2018.Aba bakobwa barasa cyane kubatandukanye biragoye; ni ibikara, imyaka 22, uburebure bwa cm 170 ariko Umutoni Belyse afite ibiro 51 naho Uwonkunda Belinda afite ibiro 50.Kuri ubu rero Uwonkunda Belinda akaba ariwe wabashije gukomeza asize mugenzi we Umutoni Belinda.

Aba bakobwa batoranyijwe hagendewe ku Uburanga bwari ku manota 30, Imisubirize yari amanota 40, Kutagira ubwoba byari kuri 30.

Ibitekerezo

  • sha muratubeshye harimo amakosa Belinda yakomeje belyse arasigara

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa