Kanye West yatangaje ikintu cya mbere azakora naramuka atorewe kuyobora Amerika benshi baramuseka cyane
Yanditswe: Thursday 26, Apr 2018
Umuhanzi Kanye West yatangaje ko naramuka atorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu mwaka wa 2024 azahindura izina ry’indege perezida wa USA agendamo “Air Force One akayita “ Yeezy force one”.
Yeez n’izina ry’akabyiniriro uyu muhanzi yiyita ndetse yita imyenda akora, byatumye avuga ko azahindura izina rya Air Force One akayita Yeezy Force one naramuka atorewe kuyobora Amerika mu mwaka wa 2024.
Ikintu kanye West azahindura naba perezida wa USA cyasekeje benshi
Kanye West yasohoye amafoto ariho amshusho ye benshi bahita bemeza ko uyu muhanzi yifuza kuziyamamariza kuyobora Amerika nubwo atarabitangaza neza.
Ubwo Kanye West yashyiraga ku rukuta rwe rwa Twitter ko ashaka kwiyamamariza kuyobora USA mu mwaka wa 2024,yahise asiba ubu butumwa nyuma y’amasegonda make.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *