skol
fortebet

Kitoko yashyize hanze indirimbo ‘Thank you Kagame ’ yitsa cyane ku bigwi bya P.Kagame-YUMVE

Yanditswe: Wednesday 19, Jul 2017

Sponsored Ad

Kitoko Bibarwa uri mu bahanzi nyarwanda bari kwamamaza Perezida Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPF inkotanyi, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Thank you Kagame’ agaruka cyane ku bigwi bya Paul Kagame kuva atangiye kuyobora u Rwanda kugeza ubu.
Muri iyi ndirimbo, uyu muhanzi yumvikana agira ati “Uri impano Imana yaduhaye amahirwe nk’aya si aya bose, humura abanyarwanda turabizi, Paul Kagame turi kumwe nawe,..Thank you Kagame, warakoze, urashoboye, tuyobore. Abanyarwanda ni twebwe tukuzi, (...)

Sponsored Ad

Kitoko Bibarwa uri mu bahanzi nyarwanda bari kwamamaza Perezida Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPF inkotanyi, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Thank you Kagame’ agaruka cyane ku bigwi bya Paul Kagame kuva atangiye kuyobora u Rwanda kugeza ubu.

Muri iyi ndirimbo, uyu muhanzi yumvikana agira ati “Uri impano Imana yaduhaye amahirwe nk’aya si aya bose, humura abanyarwanda turabizi, Paul Kagame turi kumwe nawe,..Thank you Kagame, warakoze, urashoboye, tuyobore. Abanyarwanda ni twebwe tukuzi, abandi bose bakumenye bucyeye, wakuye u Rwanda mu icuraburindi none ubu rwabaye ubukombe, imvugo yawe ni yo ngiro,kirogoya ni umuziro. “

KANDA HANO UYUMVE:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa