skol
fortebet

Marina yatandukanye na Yvan Muziki bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo

Yanditswe: Wednesday 11, Jan 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi ukunzwe na benshi Marina Deborah yahamije amakuru yo gutandukana n’umuhanzi Yvan Mziki bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu munyenga w’urukundo

Sponsored Ad

Amakuru yo gutandukana kwabo bombi amaze iminsi avugwa ariko ba nyirayo barayagize ibanga rikomeye. Bamwe bayashingiraga ku kuba kuva bavana i Dubai, ntawigeze asangiza abamukurikira amafoto y’ibihe bagiriyeyo.

Mu kiganiro na Igihe, Marina wirinze kugira byinshi avuga, yahishuye ko atakiri mu rukundo na Yvan Muziki.

Ati “Ikintu kimwe nakubwira ni uko ubu nta mukunzi mfite!”

Marina na Yvan Muziki bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu nkuru z’urukundo zanabyaye umusaruro w’indirimbo ‘Urugo ruhire’ ya Massamba Intore bose basubiranyemo.

Kuva Marina yatangira kuvugwa mu nkuru z’urukundo na Yvan Muziki, batangiye kugaragara ahantu henshi hatandukanye bafatanye agatoki ku kandi.

Bivugwa ko umubano w’aba bombi watangiye kuba mwiza ubwo Marina yerekezaga ku mugabane w’u Burayi mu ntangiriro za 2020.

Ibitekerezo

  • #IBIMENYETSO 10 #BYAKUBURIRA KO, PROSTATE YAWE ITANGIYE GUKORA NABI

    +250789502321

    #Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza #intanga ngabo ndetse no kuyabika. Aka gasabo gashobora #gufobagana kakaba kanini cyangwa kakegerana kakaba gato.

    Ni bande bibasirwa cyane n’uburwayi bwa Prostate ?

    Ubusanzwe #Prostate ni urugingo rufitwe n’abantu b’igitsina gabo gusa. Uko rero umuntu agenda asatira izabukuru ni nako ibyago byo kurwara Prostate byiyongera.

    Abashakashatsi bavuga ko guhera ku #myaka 40,Prostate yawe ishobora kugenda isaza cyane ndetse bikaba byanatuma irushaho gukora nabi,bityo ukaba wagira ibibazo bikomeye ndetse birimo no kurwara #kanseri yayo.Ni byiza rero kuyirinda hakiri kare kuko ishobora kugukururira #ingorane zikomeye.

    Ibimenyetso 10 byakuburira ko Prostate yawe itangiye gukora nabi

    1. Gushaka kujya kunyara kenshi mu ijoro.
    2. Kudashobora gutangira kunyara cyangwa guhagarika ubwo bushake mu gihe ugiye kunyara.
    3. Kunyara ukumva ziraza ari nke ugereranyije n’uko ubishaka. Cyangwa kunanirwa kurangiza kunyara ngo wumve zishizemo.
    4. Kumva umeze nk’uri gushya mu gihe uri kunyara.
    5. Kubona amaraso mu nkari.
    6. Kugira amaraso mu masohoro.
    7. Kugira uburibwe mu mayunguyungu, no mu gace k’umugongo ko hasi.
    8. Kugira uburibwe cyangwa uburyaryate haruguru y’igitsina n’impande zaho.
    9. Kubabara mu magufa yo mu mugongo wo hasi (iyi ndwara iba yakomeye cyane).
    10. Kugira ibibazo byo gufata umurego w’igitsina.

    Ni gute wakwirinda ibyago byo kurwara Prostate ?

    Mu kwirinda indwara zifata Prostate jya wita kuri ibi bikurikira:

    • Jya wita ku mirire iboneye cyane cyane niba urengeje imyaka 40, ujye uhekenya karoti byibuze 1 ku munsi ndetse no kurya amafi bitari kenshi cyane.
    • Jya ukora imyitozo ngororamubiri byibuze gatatu mu cyumweru
    • Irinde umubyibuho ukabije

    Wari uzi ko hari imiti wakoresha yizewe mu kuvura ndetse no kwirinda indwara zifata Prostate?

    Ubu hari imiti yabonetse ikoze mu bi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa