skol
fortebet

Nibabe baretse uwitoze akama ishashi!Abarimo King James ,Safi Madiba basubije kubibaza ku bukwe bwabo mu ndirimbo “Ubanza Nkuze”

Yanditswe: Tuesday 08, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Zizou Alpacino yashyize hanze indirimbo Nshya yise “Ubanza Nkuze” yahuriwemo abahanzi bakomeye barimo Melodie, King James, Safi Madiba, Social Mula ndetse na Bulldogg, ibitero by’iyi ndirimbo byakozwe aba bahanzi basubiza abakunze kubibasira ku bijyanye n’ubukwe bwabo.
Mu bitero by’iyi ndirimbo harimo magambo yumvikana aho Safi Madiba avuga ko ahozwa ku nkeke bamubwira ko atabyara, ngo yakoze ubukwe igice gusa avuga ko atariwe wanze ibyiza ndetse ko igihe nikigera ababimubaza bazanywa gusa ku (...)

Sponsored Ad

Zizou Alpacino yashyize hanze indirimbo Nshya yise “Ubanza Nkuze” yahuriwemo abahanzi bakomeye barimo Melodie, King James, Safi Madiba, Social Mula ndetse na Bulldogg, ibitero by’iyi ndirimbo byakozwe aba bahanzi basubiza abakunze kubibasira ku bijyanye n’ubukwe bwabo.

Mu bitero by’iyi ndirimbo harimo magambo yumvikana aho Safi Madiba avuga ko ahozwa ku nkeke bamubwira ko atabyara, ngo yakoze ubukwe igice gusa avuga ko atariwe wanze ibyiza ndetse ko igihe nikigera ababimubaza bazanywa gusa ku bijyanye n’ubukwe avuga ko kubera ukuntu abona ingo zihora zisenyuka ashaka kwisuganya igihe cyazagera akazabukora.

King James muri iyi ndirimbo aririmbamo amagambo avuga ko Ubanza akuze kuko abantu bose bavuganye bamusaba ko yakora ubukwe gusa akababwira ko bagomba kuba baretse kuko uwitonze akama ishashi babimurekere batazatuma ahubuka.

Korasi y’iyi ndirimbo “Sinenda kurongora kuko ubuvuze “ tuba twiga ikibuga.

Reba hano wumve indirimbo y’aba bahanzi”Video”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa