skol
fortebet

’Nta mafaranga Nta mugore’Kanyombya araburira abasore

Yanditswe: Sunday 24, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Kanyombya yababwiye ko badakwiye gushaka kuko kubaka atari imikino nkuko bamwe babikora ejo ugasanga batangiye gushwana ,abasaba ko babanza bakavana amaboko mu mifuka bagakora bakabona gushaka bariteganyirije .

Sponsored Ad

Umunyarwenya Kayitankore Njoli uzwi nka Kanyombywa ni umwe mu bakinnyi ba filime nyarwanda bamaze kugira uruhare runini mu iterambere ryayo kubera urwenya agira ndetse n’uburyo yitwara muri sinema.

Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru kanyombya yagarutse kubasore b’ikigali basigaye barebera kuri bagenzi babo bakoze cyera bakabona amafaranga bakubaka ingo zabo aho yababwiye ko gushaka atari imikino ahubwo bisaba kubikorera.

Yagize ati “ Ntamafaranga ,Ntamugore [ Niba udafite amafaranga ntuzashake]”

Yakomeje avuga ko ababazwa cyane n’abasore basigaye bashaka ntabushobozi bafite ahubwo babitewe nuko bagenzi babo babikoze,ibintu yise kugendera mu kigare aho yabasabye ko bareka iyo ngeso kuko benshi bajya no kurongora usanga bagikodesha aho yababwiye ati “akazi ukora uba uzi ko uzakarambaho ko ejo cyangwa ejo bundi bakwirukana ukandavura.”?

Yasoje asaba abasore kutegendera mu kigare cyo gushaka kuko ibibazo ushobora guhuriramo nabyo bishobora kuzagira ingaruka mbi ku bana uzabyara.

Ibitekerezo

  • kanyombya we urikanyombya Koko nonese bakubwiye ko abakodesha se nitwe bakene hakodesha aba kire ikindi wowe kufite umudamu urakuze? wica intege abasore ibintu namafaranga nibihahwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa