Rita Ora yambaye ubusa imbere y’umukunzi we na rubanda rwari aho bari basohokeye [AMAFOTO]
Yanditswe: Saturday 09, Jun 2018
Umuhanzikazi w’Umwongereza Rita Ora yatunguye benshi ubwo yambariraga ubusa imbere y’umukunzi we Andrew Watt ndetse n’abantu bari kumwe ku mucanga w’ahitwa Tuscany mu Butaliyani bamaze iminsi barasohokeye.
Uyu muhanzikazi w’imyaka 27,akomeje kuryoherwa mu kiruhuko arimo mu Butaliyani gusa ibyo yakoze byanenzwe na benshi kuko yambaye ubusa amabere ye ayashyira ku karubanda.
Rita Ora yifotoje aya mafoto ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu w’iki cyumweru gusa yacaravaye mu bitangazamakuru byo hirya no hino mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu.
Rita Ora n’uyu mukunzi we Andrew Watt basanzwe ari abahanzi,bagaragaye bari gukora ibikorwa by’urukozasoni ku bwato bari bicayeho aho uyu musore yamukorakoye ku mabere.
Rita Ora yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zirimo Black Widow, The Hot Right Now n’izindi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *