skol
fortebet

ShaddyBoo yakije umuriro kuri Twitter nyuma yo kwigereranya na Gasogi United na Rayon Sports

Yanditswe: Friday 05, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo kuri ubu aribaza uwasigara afite abafana benshi mu Rwanda hagati ye na Gasogi mu gihe ikipe ya Rayon Sports yaba isenyutse.

Sponsored Ad

Ku rubuga rwe rwa Twitter, Shaddy Boo yavuze ibi ku bw’amakur ko Rayon Sports bisanzwe bizwi ko ifite abafana benshi mu gihugu, yamaze kwirukanwa mu nzu yakoreragamo.

Shaddy Boo ati: “Nubwo ntabyifuza, buriya Rayon Sport isenyutse mwazajya mufana iyihe cga inde ? Gasogi cga Njyewe ? Ngo Rayon Sport yabuze amafranga yo kwishyura ? Bayirukanye. “

Bamwe mu bamukurikira bavuga ko ibyo bitabaho, abandi bakamubaza niba bamufana kandi we atari ikipe yewe ntabe n’umukinnyi wa ruhago.


ShaddyBoo ubusanzwe ni umugore w’abana babiri b’abakobwa yabyaranye na Mddy Saleh uzwiho gutunganya amashusho y’abahanzi.Meddy Saleh na Shaddyboo batandukanye muri 2016.

Muri Gicurasi mu mwaka wa 2020, ubwo ShaddyBoo yaganiraga n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga abajijwe niba yasubirana na Meddy Saleh, uyu mukobwa yavuze ko ntacyo yabivugaho, gusa muri 2019 yari yatangaje ko gusubirana kwabo bitashoboka, gusa ahamya ko amukunda kuko amukundira abana be.

Ibitekerezo

  • Ariko nkiyomwandika kuri iyinkozasoni ababyeyi ngo shadyb mubanwqbuze amakuru cg n’ugushaka kuma hit,muzatuma abakunzi b’Umuryango.com tubabona imboaga mu menyo pe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa