Imyidagaduro
Uko Davido yahuye n’ umukunzi Chioma byamenyekanye bidasubirwaho
Yanditswe: Wednesday 21, Nov 2018
Umukunzi wa Davido ubwe yitangarije uko yahuye n’ uyu muhanzi nyuma y’ igihe havugwa byinshi kuko bahuye.
Amakuru amwe yavugaga ko Chioma na D’ umuhanzi w’ Umunya Nigeria Davido bahujwe n’ umuhanzi witwa Perruzz andi makuru akavuga ko akavuga ko uyu mukobwa ukirimo muto n’ uyu muhanzi bahujwe na musaza we nyuma yo kugirana amasezerano y’ ubucuruzi.
Uyu mukobwa yakuyeho urujijo ubwo yasubizaga umufana we ku mbugankoranyambaga wari umubajije uko yahuye na Davido.
Yagize ati “Twahuye ndi ku ishuri. Yari yasohokanye n’ umuhungu w’ inshuti ye”
Uyu mukobwa atangaje ibi mu gihe hashize ukwezi hari amakuru avuga ko ababyeyi be bamurakariye kuko yaretse ishuri agasanga umuhanzi Davido.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *