Umufasha wa Humble yahishuye igihe gisigaye ngo yibaruke
Yanditswe: Sunday 04, Feb 2018
Umunyamerikakazi Amy Blaumana, umukunzi w’umuririmbyi Humble Jizzo wa Urban Boys yatangaje igihe gisagaye ngo bibaruke imfura yabo y’umukobwa.
Abinyujije kuri instagram, uyu mugore yatangaje ko nta gihe kinini gisigaye ngo yibaruke avuga ko hasigaye icyumweru kimwe n’iminsi itanu gusa.Ni ibintu bisobanura ko Humble azahita agaruka mu Rwanda kuko yavuye mu Rwanda atangaje ko umukunzi we namara kubyara azahita agaruka agakomeza ibikorwa bya muzika.
Humble n’umukunzi we bemeje ko bagiye (...)
Umunyamerikakazi Amy Blaumana, umukunzi w’umuririmbyi Humble Jizzo wa Urban Boys yatangaje igihe gisagaye ngo bibaruke imfura yabo y’umukobwa.
Abinyujije kuri instagram, uyu mugore yatangaje ko nta gihe kinini gisigaye ngo yibaruke avuga ko hasigaye icyumweru kimwe n’iminsi itanu gusa.Ni ibintu bisobanura ko Humble azahita agaruka mu Rwanda kuko yavuye mu Rwanda atangaje ko umukunzi we namara kubyara azahita agaruka agakomeza ibikorwa bya muzika.
Humble n’umukunzi we bemeje ko bagiye kwibaruka vuba
Uyu muhanzi yavuye mu Rwanda ari kumwe n’umukunzi witegura kwibaruka umwana w’umukobwa muri Gashyantare 2018. Ku mugoroba wo kuya 15 ukuboza 2017, nibwo Humble Jizzo yahagurutse i kigali yerekeza muri Amerika, yerekeje muri Washington icyakora mbere yo kugerayo yabanje kumara iminsi ibiri i New York.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *