skol
fortebet

Umuhanzikazi Tshala Muana yitabye Imana

Yanditswe: Saturday 10, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Élisabeth Tshala Muana Muidikay wamenyekanye nka Tshala Muana akaba umwe mu bubatse izina mu mitima y’abakunzi b’umuziki wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabye Imana afite imyaka 64.

Sponsored Ad

Umugabo wa Tshala Muana witwa Claude Mashala ni we watangaje inkuru y’urupfu rw’umugore icyakora ntiyagaruka ku cyishe uyu muhanzikazi uri mu bakomeye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagize.

Tshala Muana yitabye Imana mu gitondo cyo ku wa 10 Ukuboza 2022 aguye i Kinshasa.

Uyu muhanzikazi witabye Imana yavutse ku wa 13 Gicurasi 1958, yari umwana wa kabiri mu icumi bavukana.

Tshala Muana yavutse kuri Amadeus Muidikayi wari umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Alphonsine Bambiwa Tumba.

Mu 1964 ubwo Tshala Muana yari afite imyaka itandatu se yiciwe mu ntambara yabereye ahitwa Watsha, bituma akura arerwa na nyina nawe waje kwitaba Imana mu 2005.

Nubwo batari barigeze bakora ubukwe Tshala Muana yiyemeje kwibanira n’uwari producer we Claude Mashala.

Ni umuhanzikazi wigeze gutabwa muri yombi n’inzego z’iperereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zamushinjaga gukora indirimbo "Ingratitude".

Iyi ndirimbo benshi bavuga ko yibasiraga Perezida Felix Tshisekedi, igashimagiza Joseph Kabila yanahoze ashyigikiye cyane ubutegetsi bwe.

Uyu muhanzikazi yatangiye umuziki mu 1977 ari umubyinnyi mu itsinda rya ‘Tsheke Tsheke Love’ mbere yo kwinjira mu muziki.

Tshala Muana yitabye Imana afite album 20 zirimo "Karibu Yangu" yari aherutse gusohora mu 2016

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa