skol
fortebet

Umuherwekazi w’Umugande yasabye abagabo bashoboye ko bamusura agakina nabo umukino wa gicuti mu buriri [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 20, Jan 2019

Sponsored Ad

Umugore w’umukire witwa Don Zella uzwi cyane muri Uganda ariko akaba atuye muri USA, yatangaje ko yifuza gusurwa n’umugabo wiyiziho ubuhanga bwo gutera akabariro kugira ngo bakine umukino wa gicuti mu gitanda.

Sponsored Ad

Uyu Don Zella ukunze kugaruka mu nkuru z’imyidagaduro muri Uganda yanditse ubutumwa kuri Instagram ko umugabo wiyemera ko azi gutera akabariro yamusura bagakinira umukino wa gicuti mu gitanda.

Uyu Mugande ariko uba muri Amerika azwiho gukunda abagabo kurusha urukiko ndetse mu biganiro bye ndetse n’amafoto ashyira kuri Instagram aba avuga ku byerekeye ibitsina.

Don Zella yasabye abagabo bakunda amafaranga ariko bafite icyo yise smart wire n’akajambo gakoreshwa cyane iyo bashaka kuvuga umugabo ufite igitsina abagore bakunda,ko yazamusura bagakina icyo yise Friendly match mu gitanda.

Uyu mugore yashyize kuri Instagram ifoto agaragaza amabere ye avuga ko uwumva wese ashoboye kuza bagakina umukino wa gishuti mu buriri ko yaza bakawukina kuko akeneye gukina uwo mukino akaryoherwa.





Ibitekerezo

  • Rwose tujye twemera tudashidikanye ko turi mu Minsi y’Imperuka.Abantu bumva ubuzima nyakuri ari "ukwishimisha" gusa,cyane cyane muli sex.Kuba Imana itubuza gusambana,ntacyo bibabwiye na busa.Nyamara ejo barasaza,ntihagire uwongera kubareba.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

    Isi igeze kumusozo kweri. Birenze ubushinzi noneho ni satanique. Asyi!!!! jyewe ndumva anteye iseseme

    Abanyarwanda barayakorera ba bapfubuzi!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa