skol
fortebet

Umukobwa wa Donald Trump yakoze ubukwe bw’agatangaza(AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 14, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho ibirori by’ubukwe bwa Tiffany Trump umukobwa wa Donald Trump wasezeranye numunyamideri Michael Boulos.

Sponsored Ad

Tiffany Trump w’imyaka 29 yashyingiranwe n’umunyamideri Michael Boulos nyuma y’icyumweri akorewe ibirori byo gusezera ku bukumi byari byateguwe na mukuru we Ivanka Trump.

Uyu ukobwa yatanzwe na Se Donald Trump ndetse na Nyina Marl Maples yari yabukereye mu birori byabereye mu nyubako y’umuryango iherereye muri Florida.

Ni mu birori byiabiriwe n’abantu mu ngeri zitandukanye haba muri Politike,Ubucuruzi ndetse n’imyidagaduro.

Uretse aba kandi nabo mu muryango bari bitabiriye ku bwinshi barimo na mukuru we Ivanka Trump wakunze kugaragaza ko yishimiye intambwe murumuna we ateye ari kumwe n’umuryango we,Eric Trump n’umuryango we ndetse ndetse n’umugore mukuri wa Donald Trump Ivana Trump.

Abari muri ibyo birori basusurukijwe n’abaririmbyi bagera mu icumi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa