skol
fortebet

Umupfumu Rutangarwamaboko yasabye anakwa umukunzi we mu bukwe butagira abageni n’ababyeyi-AMAFOTO

Yanditswe: Tuesday 18, Jul 2017

Sponsored Ad

Muganga Rutangarwamaboko Modeste Nzayisenga ukunze kwiyita Umupfumu mu Kinyarwanda n’ikizungu yasabye anakwa umukunzi we witwa Umwali Umuziranenge Sana Cynthia bamaranye igihe bakundana.
Rutangarwamaboko azwi cyane mu buvuzi gakondo ayobora ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco, akaba umuganga gakondo wabirazwe . Ni umuganga kandi w’inzobere mu kuvura indwara n’ibibazo byihariye by’ubuzima bwo mu mutwe (Pschology).
Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2017, ubera (...)

Sponsored Ad

Muganga Rutangarwamaboko Modeste Nzayisenga ukunze kwiyita Umupfumu mu Kinyarwanda n’ikizungu yasabye anakwa umukunzi we witwa Umwali Umuziranenge Sana Cynthia bamaranye igihe bakundana.

Rutangarwamaboko azwi cyane mu buvuzi gakondo ayobora ikigo Nyarwanda cy’Ubuzima bushingiye ku muco, akaba umuganga gakondo wabirazwe . Ni umuganga kandi w’inzobere mu kuvura indwara n’ibibazo byihariye by’ubuzima bwo mu mutwe (Pschology).

Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2017, ubera iwabo w’umukobwa mu karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo. Ubukwe bwarinze burangira abatashye ubukwe batabonye umugeni ndetse n’umugore, yewe ngo n’ababyeyi ntibagaragaraye muri uyu muhango wo gusaba no gukwa.







Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa