skol
fortebet

Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari yihebeye(UBUHAMYA+AMAFOTO)

Yanditswe: Tuesday 06, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.
Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.

Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu tugambo tw’urukundo turyohereye The Ben yabwiraga Marina bandikirana ndetse banavugana kenshi.

Mu magambo ya Edsha yagize ati "Igingo yatumye mbona ko urukundo rwanjye rutangiye kuzamo ibintu by’agatotsi man,The Ben mwana aza mu Rwanda nyine cya gihe hari indirimbo yari gukorana na Marina,noneho barabonanye urumva,The Ben yaje gusubira muri Amerika noneho nza kubona amafoto muri telefone ya Marina na The Ben bifotozanyije ukuntu noneho biba ngobwa ko tuyasiba urumva..".

Edysha na Marina bakundanye igihe kitari gito

Edsha akomeza kandi agira ati "noneho hari ukuntu The Ben yacataga na Marina hanyuma The Ben akamwita ngo mon coeur,nkabona n’ibintu by’amabizous,nkamubaza ngo none se ibingibi ni ibiki ko mbona mumeze nkaho murimo murateretana..Marina akabwira ngo wapi ntabwo duteretana ni inshuti yanjye bisanzwe aba agira inama muri musique njyewe ntabwo nteretana nawe ...nkabyemera gutyo man...noneho akanjya amuhamagara nka gatanu ku munsi kuri whatsapp call man..nkavuga ngo man iyi Nigga ko nziko abasitari baba bashakwa n’abantu benshi ni gute ahamagara umugore wanjye gutya..".

Edsha na Marina mu munyenga w’urukundo rwa bombi

Edsha kdi akomeza kuganira n’umuryango.rw yavuze ko Marina yakomezaga kumubwira ko amuhamagara ari inama aba amugira mu muziki ntakindi,kuburyo ngo byageze naho Uncle Austin yabajije The Ben impamvu asigaye yihamagaza Marina cyane..ariko nyine ngo bramupowa kuko bumvaga ngo ari ibintu bisanzwe biraho...

Mugukomeza Edsha aragira ati " Ejo bundi rero nibwo nashwanye na Marina,noneho dushwanye avanaho ifoto yanjye kuri Instagram yiwe..aho akora iki...ahita ahansimbuza iya The Ben ...ahita amukubita amagambo meza nibiki nibiki..unjyeho urebe mwana..ahita ansimbuza akavideo ka The Ben ahita amukubita amagambo nibiki nibiki....ndavuga nti biriya bintu wakoze nibiki arabwira ngo ni nkuko umufana yashyiraho umuntu gutya akamuvugaho amagambo...kdi mwana mbere yanjyaga ambwira ko mu bahanzi akunda The Ben atarimo..ariko mpita nkeka ko ari ikintu akoze kugira ngo ambabaze tu..."!

Screenshot y’akavideo ka The Ben,Marina yashyize kuri Instagram agasimbuza ifoto y’uwari umukunzi we ndetse ashyiraho amagambo yerura urukundo rwa bombi

Ati "Noneho ndavuga uti ni gute wabikoze..ahita afata ya foto yo muri za zindi twasibye ya The Ben ari kumusoma ku itama sinzi aho yayivanye maze ayohereza muri Group ya whatsapp tubanamo man..birandakaza byahatari nyine tu..fofo foo byasana nyine..!>

Ifoto Marina yashyize muri Group ya Whatsapp yashenguye cyane umuraperi Edsha

Mu gusoza twabajije uyu muraperi niba yarigeze abaza impamvu The Ben ari kumwinjirira umugore maze adusubiza ko adafuha ku buryo yageza kuri urwo rwego..kuko nubundi we yabonaga ntaho The Ben uri muri Amerika azabonanira na Marina uri mu Rwanda maze arabareka ngo bakomeze bicane mu mutwe nkuko ubwe uwe yabitwibwiriye...Yewe anahamya ko we na Marina batandukanye gutyo ngo barapowa nta numwe ukatiye undi.

UMVA HASI INDIRIMBO NSHYA Y’UMURAPERI EDYSHA YISE "NIMWE MWABITEYE":

UMVA HASI INDIRIMBO BYARARA BIBAUE YA MARINA:

REBA HASI AMASHUSHO Y’INDIRIMBO INKUNDO ZUBU YA EDSHA:

Ibitekerezo

  • shn uri inzanga urabona aho the Ben atakurya umwana arihe ,ndaq wiruka kubyagusize ESE izi nkuru zinkundo nizo Izaguha hit urakabije wisebya umwari nawe tereta priscillah wimare agahinda nigga ubara nkakana mumutwe ndaq ubu iyi niyo hit ushaka cg urashaka kumwangisha isiyose hari woe harugufasha guposting ntabyanyu nta no gutekereza nagato

    HhAaaaa mukaba mukinnye IKINAMICO NGO UMUKOBWA AKUNDE ARYE HIT AMENYEKANE!!!!!! Hahahahhhhh courage icyo nge sikimfashe

    Edsha rwose areke kuguma abogoza abakobwa barahari nyine namwe murumva ibintu byajemo the Ben Nta kuntu edsha atarya ipapu

    mbega kuvuga ubusa.umusaza wabutaye neza neza.

    yooo wowe edsha uri fooo man, urabona uhuriye he na the ben? i nigga y’ i beau gard nka ben urumva wahanganira na yo umutoto man? powa man biveho ikangu ziruzuye tu, ndebera nta numuntu ukuzi natwe tukuyotse nonaha kapo, tuza uracyari chini kuri superstar nka ben,ubu marina akurenzeho ndaqswi, dore uragaragara nkumuryogo man,, hahahahahahaha IYI INDUSTRY SI IYAWE MAN

    yooo wowe edsha uri fooo man, urabona uhuriye he na the ben? i nigga y’ i beau gard nka ben urumva wahanganira na yo umutoto man? powa man biveho ikangu ziruzuye tu, ndebera nta numuntu ukuzi natwe tukuyotse nonaha kapo, tuza uracyari chini kuri superstar nka ben,ubu marina akurenzeho ndaqswi, dore uragaragara nkumuryogo man,, hahahahahahaha IYI INDUSTRY SI IYAWE MAN

    Mana we! Vraiment n’amagambo uyu mutipe yavuze arerekana ko yababaye sana!gusa ntakundi Imana izamuhorera kuko umukobwa yamucitse ntacyo bapfuye ahubwo yajyanywe n’agahararo.uzaba wumva the ben nahura n’undi! Ese the ben we arabivugaho iki?

    Mana we! Vraiment n’amagambo uyu mutipe yavuze arerekana ko yababaye sana!gusa ntakundi Imana izamuhorera kuko umukobwa yamucitse ntacyo bapfuye ahubwo yajyanywe n’agahararo.uzaba wumva the ben nahura n’undi! Ese the ben we arabivugaho iki?

    nizo kata zibaho mu rukundo man upfa kuba waramuriye gusa ikindi se niki? kd nawe nturi umwan warabisoje niko 80% abakobwa bateye bajya aho ibintu biri wangu, ariko hari utwana twinshi tumurya wangu kure cyane ndetse, nuko tuba atari udustar gusa ark nitwo twiza tuguhesha amahoro man, ntanubwo ari mwiza bitangaje cyane shaka undi umurya mu bwiza niyo kaba kamurusha ubustar , amour en distance izamuvuna mu mutwe byahatari kd then ari kwirirra abandi bana USA ko kari mu mandazi nukuntu nari maze kugakunda

    namutware nyine akatabuze murutoki samakoma edsha uzabona nabandi araguhimye x arihimye kbx

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa