skol
fortebet

Abakinnyi b’Ububiligi bakoze ikintu kidasanzwe mbere yo gusezererwa rugikubita mu gikombe cy’isi

Yanditswe: Saturday 03, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Abakinnyi 5 b’ikipe y’igihugu y’Ububiligi baravugwaho kuba baraguze amatike y’indege abasubiza iwabo hakiri kare,mbere y’uko basezererwa mu matsinda y’igikombe cy’isi.
Nyuma yo kunganya na Croatia yaratsinzwe na Maroc,ikipe y’Ububiligi yahise isezererwa ndetse bivugwa ko abakinnyi bo ubwabo batumvikanaga.
Rutahizamu Romelu Lukaku yahushije uburyo bune bwabazwe ndetse nyuma y’umukino yararize bikomeye kugeza ubwo ahozwa n’umutoza wungirije Thierry Henry.
Maroc yatsinze Ububiligi ibitego 2-0 niyo (...)

Sponsored Ad

Abakinnyi 5 b’ikipe y’igihugu y’Ububiligi baravugwaho kuba baraguze amatike y’indege abasubiza iwabo hakiri kare,mbere y’uko basezererwa mu matsinda y’igikombe cy’isi.

Nyuma yo kunganya na Croatia yaratsinzwe na Maroc,ikipe y’Ububiligi yahise isezererwa ndetse bivugwa ko abakinnyi bo ubwabo batumvikanaga.

Rutahizamu Romelu Lukaku yahushije uburyo bune bwabazwe ndetse nyuma y’umukino yararize bikomeye kugeza ubwo ahozwa n’umutoza wungirije Thierry Henry.

Maroc yatsinze Ububiligi ibitego 2-0 niyo yayoboye itsinda hanyuma ikurikirwa na Croatia yaje ku mwanya wa kabiri.

Mu mukino wa mbere bakinnye na Canada,Ababiligi bari ku rwego rwo hasi,barushwa bikomeye ndetse n’amahirwe ko batatsinzwe uwo mukino kuko iki gihugu cyahushije na penaliti.

Bivugwa ko nyuma yo gutsindwa na Maroc abakinnyi nka Eden Hazard na Jan Vertonghen bashatse gusagarira Kevin de Bruyne atabarwa na Lukaku bamuziza ko yavuze ko ikipe yabo ikuze ku buryo batatwara igikombe.

Ikinyamakuru Het Laatste Nieuws kivuga ko kubera uru rwikekwe no kutumvikana kw’abakinnyi,bamwe bahisemo gutega indege zabo kugira ngo batajyana n’ikipe mu ndege imwe.

Abakinnyi barimo Thomas Meunier, Axel Witsel, Jeremy Doku, Arthur Theate na Lois Openda biyishyuriye indege zibavana Qatar kuko bageze iwabo mbere y’abandi.

Umukinnyi wa Manchester City,Kevin De Bruyne yagaragaye ari gushwana na Toby Alderweireld,mu mukino wa Canada nyuma aza gutangaza ko bavugaga ku buryo bw’imikinire.

Vertonghen mu kiganiro n’abanyamakuru yagerageje gusubiza De Bruyne wibasiye abasaza bari mu ikipe agira ati "Twasatiriye nabi kubera ko dushaje cyane."

Ububiligi buri ku mwanya wa kabiri ku isi ku rutonde rwa FIFA ndetse bwari bwabaye ubwa gatatu mu gikombe cy’isi cya 2018.

Ku mukino wa Croatia,bwari bwabanje ikipe ifite impuzandengo y’imyaka 31 n’iminsi 95,iba ikipe ikuze ikinye igikombe cy’isi kuva 2010.

Umutoza w’Ububiligi,Roberto Martinez yahise yegura nyuma yo gusezererwa atarenze amatsinda.

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa