skol
fortebet

Abakinnyi bakomeye bashyize hanze amafoto meza bari kumwe n’imiryango yabo mu kwizihiza Noheli [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 25, Dec 2020

Sponsored Ad

Buri tariki ya 25 Ukuboza buri mwaka,abafite imyizerere ya gikirisitu ku isi yose bizihiza Noheli umunsi bivugwa ko ariwo Yesu yavutseho ariko benshi bawukoresha mu rwego rwo kwishimisha no guhura n’inshuti n’imiryango.

Sponsored Ad

Abakinnyi bakomeye barimo Cristiano Ronaldo,Lionel Messi,Luis Suarez n’abandi bizihije uyu munsi bashyira hanze amafoto meza bari kumwe n’imiryango yabo.

Cristiano Ronaldo ari mu biruhuko n’umuryango we nyuma y’aho ikipe ye ya Juventus inyagiriwe na Fiorentina ibitego 3-0 gusa afite umwanya wo kwidagadura kuko we na bagenzi be bo muri Serie A bazagaruka mu kazi kuwa 03 Mutarama 2021.

Nyuma yo gushyira hanze ifoto ari kumwe n’umuryango we,yahise yandikaho ati “Tubifurije Noheli nziza yuzuye urukundo, ibyishimo n’ubuzima bwiza.”

Ronaldo w’imyaka 35 yari kumwe n’umukunzi we Georgina n’abana be 4 Cristiano Junior, impanga ze Eva na Mateo n’undi mukobwa we witwa Alana.









Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa