skol
fortebet

APR FC yari yarabuze ibitego yatsinze Rutsiro FC iha ubutumwa Rayon Sports bazakurikizaho

Yanditswe: Monday 12, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Mu mukino wa nyuma w’umunsi wa 13 wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda 2022-23, APR FC yatsinze Rutsiro FC itera intambwe yegera imbere muri shampiyona.
APR FC yari imaze imikino itatu yikurikiranya idatsinda igitego,kuri uyu wa mbere yinjije ibitego 2-0 ihita iha ubutumwa Rayon Sports bazahura kuwa Gatandatu.
APR FC yakiniye kuri Stade Umuganda,yafunguye amazamu ku munota wa 42 ku gitego cyatsinzwe na Niyibizi Ramadhan nyuma y’iminota myinshi igihiga ariko iyi (...)

Sponsored Ad

Mu mukino wa nyuma w’umunsi wa 13 wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda 2022-23, APR FC yatsinze Rutsiro FC itera intambwe yegera imbere muri shampiyona.

APR FC yari imaze imikino itatu yikurikiranya idatsinda igitego,kuri uyu wa mbere yinjije ibitego 2-0 ihita iha ubutumwa Rayon Sports bazahura kuwa Gatandatu.

APR FC yakiniye kuri Stade Umuganda,yafunguye amazamu ku munota wa 42 ku gitego cyatsinzwe na Niyibizi Ramadhan nyuma y’iminota myinshi igihiga ariko iyi Rutsiro FC ikirwanaho.Igice cya mbere niko cyarangiye.

Mu gice cya kabiri,APR FC yagarutse yariye karungu hanyuma itsinda ikindi gitego ku munota wa 66 gitsinzwe na Bizimana Yannick ku mupira yahawe na Lague Byiringiro.

Umukino warangiye APR FC ibonye amanota 3 yari ikumbuye cyane kuko yari imaze imikino 4 yikurikiranya idatsinda,irimo 3 itinjiza igitego.

Kuva Rutsiro FC yazamuka mu cyiciro cya mbere,imaze gukina na APR FC imikino ine riko yose yarayitsinzwe.Yinjijwe ibitego 11ntiyinjiza na kimwe.

Imikino itatu(3) izi kipe ziheruka guhura kuva 2021,APR FC yatsinze Rutsiro FC ibitego 6-0,2-0,1-0.

Amanota atatu APR FC yakuye i Rubavu kuri Stade Umuganda yatumye ihita igira amanota 24, ayisubiza ku mwanya wa gatatu n’amanota 24 inganya na Kiyovu Sports, mu gihe AS Kigali ya kabiri ifite 27 n’aho Rayon Sports ya mbere by’agateganyo ikagira amanota 28.

Hagati ya Rayon Sports na APR FC zizahura kuwa Gatandatu, hasigayemo amanota ane(4)

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa