skol
fortebet

Cristiano Ronaldo aravugwaho kongera kwitwara nabi cyane

Yanditswe: Thursday 08, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Biravugwa ko Cristiano Ronaldo yabuze mu myitozo iheruka Portugal yakoze nyuma yo gukina n’Ubusuwisi.
Uyu munyabigwi wa Portugal washyizwe ku ntebe y’abasimbura n’umutoza Fernando Santos batsinda Ubusuwisi ibitego 6-1 biravugwa ko yarakariye umutoza cyane.
Santos yahamagaye abakinnyi babanje ku ntebe y’abasimbura ku munsi w’ejo ngo bakore imyitozo yoroheje ku mugoroba,ariko nk’uko Marca ibitangaza, Ronaldo ntabwo yaje.
Ronaldo akomeje kwitwara nabi mu mikino y’igikombe cy’isi bikurikirana (...)

Sponsored Ad

Biravugwa ko Cristiano Ronaldo yabuze mu myitozo iheruka Portugal yakoze nyuma yo gukina n’Ubusuwisi.

Uyu munyabigwi wa Portugal washyizwe ku ntebe y’abasimbura n’umutoza Fernando Santos batsinda Ubusuwisi ibitego 6-1 biravugwa ko yarakariye umutoza cyane.

Santos yahamagaye abakinnyi babanje ku ntebe y’abasimbura ku munsi w’ejo ngo bakore imyitozo yoroheje ku mugoroba,ariko nk’uko Marca ibitangaza, Ronaldo ntabwo yaje.

Ronaldo akomeje kwitwara nabi mu mikino y’igikombe cy’isi bikurikirana n’imyitwarire mibi yagize mu minsi yashize yatumye arekurwa na Manchester United.

Ronaldo yitwaye nabi ubwo yasimbuzwaga ku mukino batsinzwemo na Koreya y’Epfo ibitego 2-1,birakaza umutoza Santos.

Nyuma yaje gushyirwa ku ntebe y’abasimbura ku mukino n’Ubusuwisi bituma umusimbuye Goncalo Ramos atsinda ibitego 3 wenyine.

Umwanya wa Ronaldo muri kimwe cya kane cy’irangiza bakina na Maroc ku wa gatandatu urashidikanywaho aho bishoboka cyane ko azongera gushyirwa hanze.

Umutoza Santos yagize ati: "Ibyo biracyari ikintu kigomba gusobanurwa.

"Mfitanye umubano wa hafi cyane nawe.Ndamuzi, namumenye kuva afite imyaka 19."

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa