skol
fortebet

Cristiano Ronaldo yakorewe ikibumbano mu mujyi wa New York

Yanditswe: Saturday 19, Nov 2022

featured-image

Sponsored Ad

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujy wa New York ahitwa Times Square mu mujyi wa New York .
Ronaldo ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga kurusha abandi bakinnyi bose bo mu mikino itandukanye ku isi,akomeje kwerekwa urukundo hirya no hino ku isi.
Ronaldo na Portugal akinira baraye bageze muri Qatar aho bagiye kwitabira igikombe cy’isi.
Ronaldo yemeje ko azasezera ku mupira w’amaguru naramuka afashije igihugu cya Portugal gutwara igikombe cy’isi.
Uyu (...)

Sponsored Ad

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Cristiano Ronaldo yashyiriweho ikibumbano mu mujy wa New York ahitwa Times Square mu mujyi wa New York .

Ronaldo ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga kurusha abandi bakinnyi bose bo mu mikino itandukanye ku isi,akomeje kwerekwa urukundo hirya no hino ku isi.

Ronaldo na Portugal akinira baraye bageze muri Qatar aho bagiye kwitabira igikombe cy’isi.

Ronaldo yemeje ko azasezera ku mupira w’amaguru naramuka afashije igihugu cya Portugal gutwara igikombe cy’isi.

Uyu yafashije Portugal kwegukana Euro 2016,ari mu itsinda rimwe na Ghana, Uruguay na Koreya y’Epfo mu gikombe cy’isi.

Ronaldo kandi afite igishushanyo iwabo I Madeira aho yakuriye akoropa imihanda ariko abihuza no gukina ruhago.

Ibitekerezo

  • Mwagiye mutanga inkuru zifite ireme. Ubu aya makuru agizwe n’ amagambo ane koko arimo iki?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa