skol
fortebet

FIFA: Amavubi akoze amateka yo kuzamuka ku rutonde rwa FIFA kurusha ibindi bihugu ku isi

Yanditswe: Thursday 22, Dec 2016

Sponsored Ad

U Rwanda rukoze amateka yo kuzamuka kurusha ibindi bihugu kwu isi ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA rw’ukwezi k’Ugushyingo, ari nako gusoza umwaka wa 2016, aho ruvuye ku mwanya wi 101 rukaza kuwa 92.
Ku rutonde rwasohtse kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukuboza 2016(ibyakozwe mu kwezi k’Ugushyingo), u Rwanda rwazamutse imyanya 9 rufata umwanya wa 92 kw’isi n’amanota 373, ndetsae ikindi gihugu cyazamutse cyane ni Myanmar cyazamutse 7 naho igihugu cya Estonia kizamuka 6.
Nubwo u Rwanda rwazamutse (...)

Sponsored Ad

U Rwanda rukoze amateka yo kuzamuka kurusha ibindi bihugu kwu isi ku rutonde ngaruka kwezi rwa FIFA rw’ukwezi k’Ugushyingo, ari nako gusoza umwaka wa 2016, aho ruvuye ku mwanya wi 101 rukaza kuwa 92.

Ku rutonde rwasohtse kuri uyu wa kane tariki ya 22 Ukuboza 2016(ibyakozwe mu kwezi k’Ugushyingo), u Rwanda rwazamutse imyanya 9 rufata umwanya wa 92 kw’isi n’amanota 373, ndetsae ikindi gihugu cyazamutse cyane ni Myanmar cyazamutse 7 naho igihugu cya Estonia kizamuka 6.

Nubwo u Rwanda rwazamutse kurusha ibindi bihugu ku isi, ukwezi gushize nta mukino n’umwe mpuzamahanga rwigeze rukina, aha bishoboke kuba uku kuzamuka byatewe n’uko amakipe yararuri imbere yatakaje.

U Rwanda rubaye urwa 92 kw’isi, mu gihe muri Afurika ruje ku mwanya wa 24.

U Rwanda ni cyo gihugu cyazamutse kurusha ibindi, mu gihe Cuba ariyo yamanutse kurusha ibindi kuko cyavuye ku mwanya w’i 124 kikagera ku w’i 151

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa