skol
fortebet

Ikizungerezi byavugwaga ko gikundana na Thibaut Courtois cyamuteye indobo kuri bose babireba [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 05, Jan 2021

Sponsored Ad

Umunyamideli w’umunya Espagne Mayka Rivera yahakanye yivuye ko adakundana na Thibaut Courtois nyuma y’aho benshi bemezaga ko bari mu rukundo rudasanzwe.

Sponsored Ad

Ikinyamakuru Marca cyatangaje ko aba bombi bari mu rukundo rudasanzwe ariko uyu mukobwa.

Rivera yamenyekanye ubwo yagaragaraga mu kiganiro cyakunzwe kuri TV cya Temptation Island.

Icyo kiganiro gihuza abahungu n’abakobwa bakundana bakagaragaza uko urukundo rwabo rukomeye.

Uyu mukobwa afite abakunzi kuri Instagram bakabakaba miliyoni biganjemo abagabo bakundana amafoto abakurura ashyira hanze.

Abinyujije kuri Instagram,Rivera yagize ati “Ibinyoma by’uko hari umubano cyangwa guhura na Thibaut Courtois ni ibinyoma.

Courtois yabyaranye abana babiri na Marta Dominguez ariko baje gutandukana ubwo yari mu ikipe ya Chelsea.

Courtois yagiye avugwa mu rukundo n’abakobwa benshi biganjemo abanyamideli n’abakora kuri TV.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa