skol
fortebet

Kylian Mbappe yahishuye impamvu yanze kuvugisha itangazamakuru n’intego afite

Yanditswe: Monday 05, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Kylian Mbappe yemeye gutanga amande mu izina ry’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu bufaransa [FFF] nyuma yo kwanga kuvugana n’itangazamakuru mu gikombe cy’isi.
Ku cyumweru, uyu musore w’imyaka 23 yatsinze ibitego bibiri mu mukino Ubufaransa bwatsinze Polonye 3-1, bagera muri kimwe cya kane cy’irangiza aho bazesurana n’Ubwongereza kuri uyu wa gatandatu.
Mbappe niwe mufaransa uri kwitwara neza kurusha abandi mu irushanwa ndetse afite amahirwe yo gutsindira urukweto rwa Zahabu kuko amaze gutsinda (...)

Sponsored Ad

Kylian Mbappe yemeye gutanga amande mu izina ry’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu bufaransa [FFF] nyuma yo kwanga kuvugana n’itangazamakuru mu gikombe cy’isi.

Ku cyumweru, uyu musore w’imyaka 23 yatsinze ibitego bibiri mu mukino Ubufaransa bwatsinze Polonye 3-1, bagera muri kimwe cya kane cy’irangiza aho bazesurana n’Ubwongereza kuri uyu wa gatandatu.

Mbappe niwe mufaransa uri kwitwara neza kurusha abandi mu irushanwa ndetse afite amahirwe yo gutsindira urukweto rwa Zahabu kuko amaze gutsinda ibitego bitanu kugeza ubu.

Kuri iki cyumweru, Kylian Mbappe yavugishije itangazamakuru bwa mbere mu gikombe cy’isi [yabyanze inshuro 2],ariko akomeza guhisha izina rya Budweiser ku gihembo cy’umukinnyi w’umukino yahawe kuko atifuza kwamamaza inzoga.

Mbappe yaraye abwiye abanyamakuru ati: ’Abantu bagiye bibaza impamvu ntagaragaye imbere y’itangazamakuru.

Nari nkeneye gusa kwibanda ku irushanwa no ku mupira w’amaguru.

Iyo nibanze cyane ku kintu, niko mbikora. Numvise FFF igiye gucibwa amande, bityo nzayishyura kuko ntekereza ko FFF itagomba kwishyura mu izina ryanjye.

Iri ni irushanwa ry’inzozi kandi nshimishijwe no kuba hano kandi nashakaga kuba niteguye. Niteguye umwaka w’imikino wose, ku mubiri no mu mutwe, ariko turacyari kure cyane yo kugera ku ntego nyamukuru."

Mbappe ashimangira kandi ko gutsindira inkweto ya Zahabu atari byo yibanzeho cyane,kuko ubu Ubufaransa bwitegura ikizamini gikomeye n’Ubwongereza muri kimwe cya kane cy’irangiza ku wa gatandatu.

Mbappe yagize ati: ’Intego rukumbi yanjye ni ugutwara igikombe cy’isi.

Naje hano gutwara igikombe cy’isi, ntabwo ari inkweto ya Zahabu. Ntabwo aribyo byanzanye hano."

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa