skol
fortebet

Mali U23 yateje impaka kubera abasore yazanye mu Rwanda guhangana n’Amavubi

Yanditswe: Wednesday 19, Oct 2022

featured-image

Sponsored Ad

Ikipe y’igihugu ya Mali y’abatarengeje imyaka 23 yafashe rutemikirere iza i Kigali gukina n’Amavubi y’abatarengeje iyo myaka.
Amafoto yagiye hanze y’aba basore ba Mali baje I Kigali yatumye benshi bacika ururondogoro kuko amasura yabo atandukanye n’imyaka bivugwa ko bafite.
Benshi ku mbuga nkoranyambaga bahakanye ko aba basore bafite imyaka 23 kuko bigaragara ko bayirengeje.
Ikipe ya Mali U23 izagera i kanombe mu rukerera rw’ejo kuwa 3 hanyuma ikine n’Amavubi kuwa Gatandatu.
Ku rundi ruhande (...)

Sponsored Ad

Ikipe y’igihugu ya Mali y’abatarengeje imyaka 23 yafashe rutemikirere iza i Kigali gukina n’Amavubi y’abatarengeje iyo myaka.

Amafoto yagiye hanze y’aba basore ba Mali baje I Kigali yatumye benshi bacika ururondogoro kuko amasura yabo atandukanye n’imyaka bivugwa ko bafite.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bahakanye ko aba basore bafite imyaka 23 kuko bigaragara ko bayirengeje.

Ikipe ya Mali U23 izagera i kanombe mu rukerera rw’ejo kuwa 3 hanyuma ikine n’Amavubi kuwa Gatandatu.

Ku rundi ruhande Amavubi akomeje imyiteguro yo kuyategurira guhangana n’iyi kipe iri mu zikomeye muri Afurika.

Abasore b’Amavubi bageze muri iki cyiciro batsinze Libya U23 ku kinyuranyo cy’ibitego kuko banganyije 4-4 mu mikino yombi.


Ibitekerezo

  • Mureke ubwoba mutarakina kuko isura siyo igaragaza ko umuntu azi UMUPIRA Kandi bariya baradusize kubijyanye na académie batangura gukina UMUPIRA bafite imyaka mike nki 5 Kandi bagakurikitanwa hafi kuko Ari igihugu cyu mupira bageza 17 hakuna 1 Division mu gihe twe 2 D harimo abafite 25 ans .Dutegure twigire Kuri mali,côté d ivoire, Sénégal.murakoze

    Eeerre!!!! Ngo 23ans , ABA bafite hejuru ya 25 ndetse harimo ufite nka40

    Eeerre!!!! Ngo 23ans , ABA bafite hejuru ya 25 ndetse harimo ufite nka40

    Eeerre!!!! Ngo 23ans , ABA bafite hejuru ya 25 ndetse harimo ufite nka40

    Eeerre!!!! Ngo 23ans , ABA bafite hejuru ya 25 ndetse harimo ufite nka40

    Eeerre!!!! Ngo 23ans , ABA bafite hejuru ya 25 ndetse harimo ufite nka40

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa