skol
fortebet

Myugariro w’Ubwongereza yarahiriye guhagarika Kylian Mbappe

Yanditswe: Thursday 08, Dec 2022

featured-image

Sponsored Ad

Myugariro w’Ubwongereza, Kyle Walker yatangaje ko atazaha agahenge rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappe mu mukino wa 1/4 cy’igikombe cy’isi bafitanye ku wa Gatandatu.
Uyu mukinnyi w’imyaka 32 ukina ku inyuma ku ruhande rw’iburyo yagize ati "Ntabwo nzamutegurira tapi itukura ngo mubwire ngo genda utsinde.Azaba ari ugupfa no gukira."
Uyu rutahizamu w’imyaka 23 w’Umufaransa yigeze kuvuga kuri Kyle ati "N’umwe mu bakinnyi bake wangoye cyane.
Kyle Walker ukinira Manchester City ashobora kugabanya (...)

Sponsored Ad

Myugariro w’Ubwongereza, Kyle Walker yatangaje ko atazaha agahenge rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappe mu mukino wa 1/4 cy’igikombe cy’isi bafitanye ku wa Gatandatu.

Uyu mukinnyi w’imyaka 32 ukina ku inyuma ku ruhande rw’iburyo yagize ati "Ntabwo nzamutegurira tapi itukura ngo mubwire ngo genda utsinde.Azaba ari ugupfa no gukira."

Uyu rutahizamu w’imyaka 23 w’Umufaransa yigeze kuvuga kuri Kyle ati "N’umwe mu bakinnyi bake wangoye cyane.

Kyle Walker ukinira Manchester City ashobora kugabanya umuvuduko w’uyu rutahizamu wa Paris Saint-Germain,umaze gutsinda ibitego 5 muri Qatar.

Kyle Walker afite umuvuduko wa 23.48mph,mu gihe Mbappe afite 23.50mph.

Umuvuduko w’aba bakinnyi bombi niwo uri kugarukwaho muri Qatar aho imikino igeze muri 1/4 cy’irangiza.

Umukino w’Ubufaransa n’Ubwongereza uzabera kuri Al Bayt Stadium i Al Khor aho uzatsinda azategereza uzava hagati ya Portugal na Maroc.

Kyle yagize ati: Uriya mukino ntabwo azaba ari ubwongereza bwahuye na Mbappe. Ubwongereza buzaba bwahuye n’Ubufaransa.

Nidutsindwa tuzataha mu rugo.Ntabwo azampagarika mu nzira yanjye yo gufasha igihugu cyanjye gutwara igikombe cy’isi.Ese nitaye kuri Mbappe,nibyo.Ubu ndumva icyo nkeneye gukora n’ukumuhagarika."

Biroroshye kubivuga kurusha kubikora ariko ntabwo njya nisuzugura.Twarahuye na mbere kandi mfite abakinnyi beza yaba mu Bwongereza cyangwa muri Man City."

Ibitekerezo

  • #PRESIDENTSPROMOTION_IDASANZWE

    #DORE_ICYAYI_CY_ABAGABO_GITUMA_UGIRA_IJAMBO_IWAWE_WAKWIVUGA_IKIVUGO_CY_ABAGABO_UKUMVIKANA. +250789502321
    #Kirwanya #stress #kikarinda no #kurangiza #vuba!

    #TONGKAT NI #UMWIMERERE #NTANGARUKA #IGIRA KANDI #YONGERA #UBUSHAKE BWO #GUKORA #IMIBONANOMPUZABITSINA #KUBAGABO #IKANONGERA #UMUSEMBURO WA #TESTOSTERON
    +250789502321
    Iyi product igizwe n’ibintu bine (4in1) by’ingenzi biyiha ingufu n’ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by’umwihariko ikaba Ari umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise #Tongkat_coffee kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n’ifu y’umuzi w’ikimera cya #Tongkat_Ali n’impumuro ya #coffee itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y’umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w’igisheke)ndetse kandi ibamo n’amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

    #Akamaro_ka_Tongkat_muri_rusange:

    - Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
    - irinda stress n’umunaniro w’ubwonko
    - yongera umusemburo w’abagabo wa Testosterone
    - irwanya umuriro wa Malaria
    - yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
    - irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
    - ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
    - Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
    Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo #Tongkat_Ali muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.

    Iyi nyunganiramirire y’akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 789502321/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera Kigali.
    Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n’izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa