Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump mu gice cy’umwaka amaze guhombya ikipe ya Manchester united akayabo ka miliyoni 29 z’amapawundi.
Bitewe n’impinduka uyu muperezida yakoze ku bijyanye n’imisoro,ikipe ya Manchester United yabihombeyemo cyane kuko nyuma y’imyaka 8 yongeye guhura n’igihombo gikomeye cyane ko byitezwe ko izi miliyoni z’igihombo ziziyongera kubera ko ari mu mezi 6 gusa.
Manchester United niyo kipe ikize kurusha izindi mu Bwongereza,ndetse ubucuruzi ikora muri Leta (...)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump mu gice cy’umwaka amaze guhombya ikipe ya Manchester united akayabo ka miliyoni 29 z’amapawundi.
Bitewe n’impinduka uyu muperezida yakoze ku bijyanye n’imisoro,ikipe ya Manchester United yabihombeyemo cyane kuko nyuma y’imyaka 8 yongeye guhura n’igihombo gikomeye cyane ko byitezwe ko izi miliyoni z’igihombo ziziyongera kubera ko ari mu mezi 6 gusa.
Manchester United niyo kipe ikize kurusha izindi mu Bwongereza,ndetse ubucuruzi ikora muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwatangiye guhomba kubera impinduka Trump yakoze ku byerekeye imisoro nyuma yo kugera ku butegetsi.
Manchester United yaherukaga guhomba mu mwaka wa 2010,ubwo yahombaga akayabo ka miliyoni 65 z’amapawundi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *