skol
fortebet

Umugabo umaze imyaka 25 aciwe igitsina yishimiye igitsina gishya yakorewe kiri kumufasha kwitwara neza muri filimi z’urukozasoni

Yanditswe: Saturday 28, Jul 2018

Sponsored Ad

Umugabo witwa John Wayne Bobbitt ukomoka muri USA ari mu byishimo bidasanzwe kubera igitsina gishya yahawe nyuma yo gucibwa icyo Imana yamuhaye n’umugore we mu mwaka wa 1993.

Sponsored Ad

Nyuma y’imyaka 25 aciwe igitsina n’umugore we Lorena, John Wayne Bobbitt ari mu buryohe bwo kuba yarahawe igitsina gishya kiri kumufasha kwitwara neza mu gukina filimi z’urukozasoni.

Bobbitt asigaye akina filimi z’urukozasoni nubwo yaciwe igitsina n’umugore we

Bobbitt ubu afite umukunzi mushya babana mu mujyi wa Las Vegas ndetse bombi bari mu buryohe buhambaye kubera iki gitsina gishya kiri gukorera uyu mugabo akazi.

Bobbitt yaciwe igitsina n’uyu mugore we ubwo yari asinziriye mu mwaka wa 1993,byamamara mu binyamakuru gusa kubera iterambere ry’ubuvuzi bwo muri USA barongeye bagisubizaho banagiha ubuziranenge buhambaye.

Uyu mugabo yagiye yongererwa ubunini bw’igitsina inshuro nyinshi kugira ngo abashe kwitwara neza mu mafilimi y’urukozasoni.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yagize ati “Namaze imyaka 20 ntabasha gukora imibonano mpuzabitsina, ariko ubu ndabikora.Ubu igitsina gikora neza ndetse sinkeneye gusubira kwa muganga.Nta muntu ufite igitsina gikora neza nkuko bimeze kuri njye.”

Lorena waciye igitsina umugabo we mu mwaka wa 1993

Lorena yaciye uyu mugabo igitsina bitewe n’uko yamututse cyane biramurakaza biba ngombwa ko amwiba umugono asinziriye amuca igitsina,biravugwa cyane muri USA.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa