skol
fortebet

Umugore w’umukinnyi yatangaje ko we n’umugabo we bakunda gukorera imibonano mpuzabitsina ku karubanda

Yanditswe: Friday 08, Dec 2017

Sponsored Ad

Umugore wa Dries Mertens witwa Kat Kerkhofs yatangaje ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari muri gari ya moshi cyangwa mu bwiherero rusange bitangaza abantu cyane.
Ubwo yari kuri imwe mu mateleviziyo y’iwabo mu Bubiligi, uyu mugore w’uyu musore ukinira ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani yabwiye abanyamakuru ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari mu bantu cyane cyane mu rugendo kuko bibagwa neza.
Yagize ati “Iyo ndi mu ruhame mba ngaragara nk’umukobwa gusa iyo (...)

Sponsored Ad

Umugore wa Dries Mertens witwa Kat Kerkhofs yatangaje ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari muri gari ya moshi cyangwa mu bwiherero rusange bitangaza abantu cyane.


Ubwo yari kuri imwe mu mateleviziyo y’iwabo mu Bubiligi, uyu mugore w’uyu musore ukinira ikipe ya Napoli yo mu Butaliyani yabwiye abanyamakuru ko we n’umugabo we bikundira gutera akabariro iyo bari mu bantu cyane cyane mu rugendo kuko bibagwa neza.

Yagize ati “Iyo ndi mu ruhame mba ngaragara nk’umukobwa gusa iyo bigeze mu buririr mpinduka undi muntu.Iyo wiyizeye kuri mwiza mu gukora imibonano mpuzabitsina,ibintu bigenda neza niyo uri mu bantu benshi.Njye n’umugabo wanjye dukunda kubikora iyo turi mu I gariyamoshi no mu bwiherero.Ndabikunda cyane.”

Uyu mugore uherutse kugabanyisha amabere ye yatangaje ko yahisemo kuyagabanya kubera ko yari abangamiwe n’ubunini bwayo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa