Umunyezamu w’Umunya-Sénégal, Khadime Ndiaye,wakiniraga Guédiawaye FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri iki gihugu, yageze mu Rwanda, aho aje muri Rayon Sports.
Uyu muzamu Khadime Ndiaye yageze mu Rwanda kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Mutarama 2024.
Birashoboka ko yakina umukino wa Gasogi United, Kuko Simon Tamale ataragera mu Rwanda n’ubu.
Khadime Ndiaye w’imyaka 27 yahoze arindira ikipe izwi cyane ya Génération Foot.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *