skol
fortebet

Urifuza guherekeza Rayon Sports muri Mali gukina na Onze Createurs? Dore ibyo usabwa

Yanditswe: Monday 06, Mar 2017

Sponsored Ad

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga angana n’amadorali y’Amerika 870.
Biciye ku itangazo ryashyizweho umukono n’umunyamabanga w’iyi kipe Gakwaya Olivier, abifuza kuyiherekeza barasabwa kubimenyesha ubuyobozi bw’ikipe hakiri kare ndetse bakanatanga copy ya Passport(urupapuro rw’inzira) kugira ngo bashakirwe ibyangombwa.
Guhagaruka (...)

Sponsored Ad

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga angana n’amadorali y’Amerika 870.

Biciye ku itangazo ryashyizweho umukono n’umunyamabanga w’iyi kipe Gakwaya Olivier, abifuza kuyiherekeza barasabwa kubimenyesha ubuyobozi bw’ikipe hakiri kare ndetse bakanatanga copy ya Passport(urupapuro rw’inzira) kugira ngo bashakirwe ibyangombwa.

Guhagaruka biteganyijwe kuwa kabiri ni njoro tariki ya 7 Werurwe 2017 cyangwa kuwa kane ni njoro tariki ya 9 Werurwe 2017, naho umukino wo uteganyijwe tariki ya 11 Werurwe.

Dore uwifuza guherekeza ikipe ibyo agomba gutegura

*Amafaranga y’urugendo (Air ticket) ni hagati y’amadolari y’Amerika ($) 680-690
*Visa yo kwinjira muri mali: 90$
*Amafaranga y’icumbi (Hotel) ni hagati ya50 – 90$

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa