Umuhanzi akaba n’umushoramari mu muziki wa Nigeria,Michael Collins Ajereh uzwi nka Don Jazzy yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa uturuka mu Rwanda.
Uyu muyobozi w’inzu ya Mavin Records ifasha abahanzi yagaragaje ko hari umukobwa w’umunyarwandakazi wamutwaye umutima
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Don Jazz yasangije abamukurikira barenga miliyoni 14, ijoro ry’ibyishimo yagiranye n’umunyarwandakazi witwa Teta. \
Don Jazzy yagize ati “Ijoro ryiza mu mujyi wa Paris hamwe n’umwiza (...)
Umuhanzi akaba n’umushoramari mu muziki wa Nigeria,Michael Collins Ajereh uzwi nka Don Jazzy yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’umukobwa uturuka mu Rwanda.
Uyu muyobozi w’inzu ya Mavin Records ifasha abahanzi yagaragaje ko hari umukobwa w’umunyarwandakazi wamutwaye umutima
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Don Jazz yasangije abamukurikira barenga miliyoni 14, ijoro ry’ibyishimo yagiranye n’umunyarwandakazi witwa Teta. \
Don Jazzy yagize ati “Ijoro ryiza mu mujyi wa Paris hamwe n’umwiza Teta’’
Ubwo butumwa yabuherekeresheje ikimenyetso cy’umutima.
Don Jazzy wamenyekanye mu ndirimbo nka Dorobucci,n’ingaragu ku myaka ye 39 gusa yigeze gushaka mbere.
Aherutse gutangaza ko atacyifuza gushaka kubera ko atagikeneye kwitwa umunyamafuti no kugerekwaho amakosa atakoze n’abagore.
Umwaka ushize,Don Jazzy yatangaje ko yatandukanye n’umugore afite imyaka 22 y’amavuko kandi kuva icyo gihe yitandukanije n’urukundo no gushyingiranwa kuko yababaye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *