Rayon Sports yitegura gusura ikipe ya Kiyovu Sports yakoreye imyitozo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Ugushyingo kuri Stade ya Bugesera.
Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda iri kugenda...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
Abafana ba Kiyovu Sports bagaragaye mu gace katagerwamo imodoka ka Biryogo bari gukubura umuhanda ariko bo bavuga ko bari gukubura Rayon Sports ndetse ko igomba gusubira i Nyanza.
Abafana ba...
Umutwe wa M23 uratangaza ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushingo 2022 Ingabo za Leta ya Congo zawugabyeho ibitero simusiga ziri kubamishaho imvura y’ibisasu biremereye.
Amakuru aravuga...
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano,Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko atabona M23 nk’umutwe w’iterabwoba ndetse ko nta we ukwiye kuwurwanya kuko ari abantu...
Perezida Kagame yihanganishije abaturage ba Tanzania na Perezida Samia Suluhu Hassan ku bw’impanuka y’indege yahitanye abantu 19 iguye mu kiyaga cya Victoria.
Iyi mpanuka yabaye ku Cyumweru, aho...
Indege itwara abagenzi yo muri Tanzania yakoreye impanuka mu kiyaga cya Victoria, ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Bukoba uri hafi y’icyo kiyaga mu majyaruguru ashyira...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame uri mu Misiri aho yitabiriye inama yiga ikibazo cy’imihindagurikire y’ibihe, kuri iki cyumweru yabonanye na mugenzi we wa Kenya, Dr. William Ruto.
Nk’uko...
Myugariro wa Rayon Sports, Ngendahimana Eric avuga ko ikintu cyamugoye akigera muri iyi kipe ari imvune gusa nta kindi ariko akaba ashimira Imana ko yakize ubu ameze neza.
Ngendahimana Eric...
Igitego cyiza cya Ndekwe Felix ku mupira yari ahawe na Iraguha Hadji gitumye Rayon Sports ikomeza kuba ikipe rukumbi muri shampiyona itaratsindwa na rimwe nyuma y’imikino 6.
Ku mugoroba wo kuri...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi,yasabye abanyecongo kunga ubumwe mu guhangana n’umwanzi wabo wabashoyeho intambara anasaba urubyiruko kwinjira mu gisirikare ku bwinshi.
Mu ijambo yagejeje ku...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo imitwe itandukanye y’inyeshyamba imaze gutangaza ko igiye gufatanya na leta kurwanya inyeshyamba za 23.
Iyo mitwe yiganjemo iya Mai Mai ikorera mu ntara za...
Guhera ku wa Mbere, ikipe ya Sunrise FC iri gukora imyitozo mu masaha y’ijoro ku matara bitegura umukino w’umunsi wa munani wa shampiona bafitanye na Rayon Sports.
Nyuma yo kumenya ko ntawe...
Biravugwa ko Umunya Espagne Jon Bakero ukina mu kiciro cya 3 muri Espagne azakinira Amavubi mu mikino ya gishuti ateganya muri uku kwezi arimo uwa Sudan.
Jon Bakero Gonzalez yemeye gukinira...
Umugore w’imyaka 28 y’amavuko wo mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, yafatanywe amabaro atatu y’imyenda ya caguwa yari ahishe mu murima w’amasaka uri hafi y’urugo rwe, bikekwa ko yinjije...
Ikipe ya GASOGI Utd yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yatandukanye n’umutoza wayo ukomoka mu Misiri Ahmed Adel n’umwungiriza we Ibrahim Bahaaeldin kubera umusaruro utari mwiza.
Gasogi United yari...
Paul Pelosi, umugabo wa Madamu Nancy Pelosi,Umuyobozi w’inteko ishinga amategeko ya leta Zunze Ubumwe za Amerika,arimo koroherwa nyuma yo gukomerekera mu gitero cyagabwe mu rugo iwe n’umuntu wari...
Umuhanzi Niyo Bosco uri mu beza mu Rwanda yatandukanye na MIE Empire yamufashije kuva yatangira umuziki kugeza ubu.
Abinyujije ku rubuga rwa Instagram,Niyo Bosco yasezeye kuri Irene Murindahabi...
Umuhanzikazi Sunny wamamaye mu ndirimbo ‘Kungola’ yakoranye na Bruce Melodie yahishuye uburyo yahamagawe na Illuminate ishaka ko bakorana bikamutera ubwoba bwinshi cyane, ariko akababera...
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo.
Mu mashusho yashyizwe...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2023,nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku bana batatu bavukana, bishwe n‘impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yabereye ku Muhima ku Cyumweru,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp rwavuyeho mu bihugu byinshi ku isi,bituma abarukoresha batabasha kohereza cyangwa kwakira ubutumwa.
Abakoresha uru rubuga,...