Ikipe ya AS Kigali inganyije na Mukura Victory Sports 0-0, ibura amahirwe yo gukura ikipe ya Kiyovu Sports ku mwanya wa mbere wa shampiyona.
Mu mukino umwe w’umunsi wa 13 wa shampiyona wari...
Ikipe ya Police Fc ihagaritse umuvuduko wa Kiyovu Sports iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri stade ya Mumena isanzwe izwi nk’imbehe ya Kiyovu...
Rutahizamu w’umunya Cameroon Christ Mbondi afashije Rayon Sports gutsinda Gicumbi FC igitego 1-0,mu mukino w’umunsi wa 12 wabereye I Gicumbi.
Rayon Sports yari yahinduye ikipe ibanzamo aho...
Mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda wahuje amakipe akomeye Police FC na AS Kigali ku kicukiro,urangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2 mu gihe Kirehe ihagamye Kiyovu Sports...
Umufaransa Didier Gomez Da Rosa wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports,akayifasha kwegukana igikombe cya shampiyona ya 2012/2013 ari mu biganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports ndetse bigenze neza...
Iradukunda Liliane wegukanye ikamba rya nyampinga w’ u Rwanda 2018 yatangaje ko mu Rwanda akunda umuhanzi Andy Bumuntu kubera ijwi rye ry’ umwimerere anavuga ko akunda indirimbo ze .
Ibi...
Kiyovu Sports ikomeje gutera ubwoba abakeba,yisubije umwanya wa mbere kuri iki cyumweru nyuma yo gutsinda Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Stade Mumena.
Ibitego bya Mugheni...
Hari amakuru yizewe avuga ko Umubiligi wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports wagarutse mu Rwanda nyuma yo kuyivamo asezeye kubera ibibazo atatangarije itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ashobora kuba...
Umutoza w’ikipe ya Lydia Ludic Bankuwiha Emmanuel uzwi nka Mayele yongeye gushimangira ko adatewe ubwoba na Ryon Sports ko uyu munsi arakura amanota 3 kuri Rayon Sports uyu munsi mu mukino ubanza...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yatangaje ko kwitwara neza mu rugo aribyo bizatuma abasha gusezerera ikipe ya Lydia Ludic yo mu Burundi akerekeza mu cyiciro gikurikiraho....
Ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports Lomami Marcel yanenze bikomeye umutoza wa LLBS4A Bankuwiha Emmanuel uzwi nka ’Mayele’ uherutse gutangaza ko ikipe ya Rayon Sports iri ku...
Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by’uwitwa Ndengejeho Innocent wifuzaga ko umurambo wa Gangi wakwimurwa aho wari ushyinguye ukajyanwa mu irimbi...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC n’Amavubi Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda bwamubaze nabi nyuma yo kugira imvune ikomeye ari mu ikipe y’igihugu Amavubi aho biteganyijwe ko ashobora kubagwa...
Myugariro Manzi Thierry ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports yanyomoje amakuru yavugaga ko ari gushakwa n’amakipe menshi yo hanze y’u Rwanda nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya CHAN nubwo...
Abanyarwanda 2 bitwaye neza kurusha abandi mu irushanwa rya CHAN 2018 aribo Manzi Thierry myugariro wa Rayon Sports na Bizimana Djihad ukina hagati mu ikipe ya APR FC bari kwifuzwa n’amakipe yo...
Uwahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports wamaze kwerekeza mu ikipe ya Bandari FC yasezeye abafana ba Rayon Sports bamubaye hafi mu gihe cyose yamaze muri iyi kipe ifite abakunzi benshi mu Rwanda....
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko biteguye gusimbuza visi perezida wa Rayon Sports Gacinya Chance Dennis uri mu maboko ya polisi kubera ibyaha ashinjwa yakoreye mu karere...
Ikipe ya Musanze FC iherereye mu ntara y’’Amajyaruguru yamaze gusinyisha rutahizamu Bokota Labama wamenyekanye mu makipe akomeye nka Rayon Sports ndetse na APR FC yamwirukanye kubera imyitwarire...
Rutahizamu Tidiane Kone wakinaga muri Rayon Sports yamaze kwerekeza mu ikipe ya NAPSA Stars yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Zambia aho yasinye amasezerano y’imyaka 2.
Uyu musore...
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Miroplast igitego 1-1mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye ku kibuga cya Mironko mu gihe ikipe ya Kiyovu Sports yongeye gushimangira ubukaka bwayo...
Ikipe ya Miroplast FC yahawe agahimbazamusyi kikubye 3 kugira ngo itsinde ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona utegerejwe uyu munsi. Amakuru agera ku UMURYANGO ni uko iyi...
Myugariro Ombolenga Fitina ukinira ikipe ya APR FC na rutahizamu Nahimana Shassir wa Rayon Sports bagaragaye mu ikipe y’abakinnyi 11 bitwaye neza mu mikino ya CECAFA yarangiye ku Cyumweru itwawe...
Abakinnyi 2 ba Rayon Sports ngenderwaho bari bitezwe ku mukino iyi kipe irahuramo na Etincelles FC kuri uyu wa Gatatu,ntabwo baraye bageze I Kigali kugira ngo bawitabire nkuko abafana b’iyi kipe...