Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika no guhimba indirimbo Danny Vumbi yatangaje urutonde ruriho indirimbo 10 zamunyuze kurusha izindi mu mwaka wose wa 2021 ubura amasaha make ngo...
Kanoheli Christmas Ruth wafashe izina rya muzika rya Chrisy Neat, ni umwe mu bakobwa barangije amasomo mu ishuri rya muzika rya Nyundo, kuri ubu akaba yinjiye mu byo gutunganya indirimbo...
Umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bari kuzamuka neza muri muzika nyarwanda , Yuma yo gutandukana na Bruce Melodie yasohoye amashusho y’indirimbo igaragaramo umukobwa wamabaye ikariso yo mu bwoko bwa...
Umukobwa witwa Bwiza Emerance niwe muhanzi wahiswemo mu bandi mu irushanwa ryateguwe na KIKAC Music ryitwa ‘The Next Diva’, aho yasanze Danny Vumbi na Mico the Best muri iyi nzu ifasha...
Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi, Hollybeat yasezeranye imbere y’Imana n’umukobwa wo muri Israel witwa Annet Tahan mu birori byabereye mu Mujyi wa Kigali ku wa Gatanu tariki 21 Gicurasi...
Abahanzikazi bakunzwe cyane muri muzika nyarwanda 2 Queen Cha na Marina birashoboka ko impamvu yatumye basezera rimwe aruko babonye The Mane iri mumarembera ,bagashaka ubundi buryo hakiri...
Umuhanzi Ngabo Médard Jobert [Meddy], umuririmbyi umaze kubaka ibigwi mu mu muziki w’u Rwanda no hanze y’iki gihugu mu ijoro ryakeye kuwa Gatandatu tariki 9 Ugushyingo 2019 yataramiye imbaga...
Sherrie Silver ni umuhimbyi w’imbyino wabigize umwuga guhera mu 2010 yamenyekanye cyane mu mashusho y’imbyino z’abahanzi bakomeye muri Africa no ku isi akagira inkomoko mu majyepfo y’u Rwanda mu...
Ibyamamare bitandukanye birimo uwahoze ari kapiteni wa Arsenal FC,Tony Adams,umutoza ukomeye Louis Vaan Gaal n’abahanzi barimo Ne-yo na Meddy bizitabira umuhango wo kwita ingagi amazina...
Gatsinda Jean Paul wamamaye mu gutunganya indirimbo z’abahanzi b’abanyarwanda batandukanye agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Alice Mutoni [Big Tonny] umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana ndetse...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 28 Nyakanga 2019 mu Burundi habereye igitaramo cyo gusoza irushanwa rya PRIMUSIC cyatumiwemo abahanzi banyuranye bari bayobowe na Diamond wahuriye ku...
Mu gihe bitamenyerewe ko abahanzi bakomeye nka Chris Brown bakorana indirimbo n’abo muri Afurika ndetse bakagaragaza ishema ryo kubyamamaza ku mbuga nkoranyambaga, byerekana ko Davido ari umuhanzi...
Mu minsi ishize umusore yibasiye umunyamakuru Phil Peter amushinja kutagira ubunyamwuga ndetse no kwaka ruswa abahanzi kugirango abashe gukina indirimbo...
Mu birori bya Met Gala byaraye bibereye mu mujyi wa New York mu nzu ndangamurage izwi cyane ya Metropolitan Museum byavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire idasanzwe yaranze...
kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Ukuboza 2018 mu ijoro rya Noheli muri Kigali Exhibution mu mujyi wa Kigali habereye igitaramo cya Xmass Celebrities Party aho ibyamamare bitandukanye byasabanye...
Umuhanzi Eric Senderi Hit wamamaye ku mazina atandukanye mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, yandikiye ubutumwa burebure Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo Nyirasafari Esperance amusaba kuzakora...