Umutoza Karekezi Olivier yatangaje ko kimwe mu byatumye ikipe ya Rayon Sports igorwa n’umukino wa Police FC ku wa Gatandatu mu mikino y’Agaciro Development Fund,ariko abakinnyi barimo Mukunzi...
Ikipe ya APR FC yatangiye gusezerera bamwe mu bakinnyi itagikeneye nyuma y’aho mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 09 Nzeri hamenyekanye ko iyi kipe yatandukanye n’abasore 3 barimo...
Minisitiri w’umuco na siporo madamu Uwacu Julienne yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Mountain Gorilla Rally ku munsi w’ejo taliki ya 07 Nzeri 2017,,irushanwa ritangira mu Rwanda kuri uyu wa...
Ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi yamaze gusinyisha umusore John Semazzi imukuye mu ikipe ya Vipers ikina mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda.
Uyu musore wari mu ikipe ya Uganda...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017 harakomeza shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare izwi nka Rwanda Cycling Cup hakinwa irushanwa ryitwa Central Challenge, aho mu cyiciro...
Nyuma y’aho ikipe ya AS Kigali imaze iminsi igura abakinnyi batandukanye,kuri ubu yamaze no kwerekeza mu bafana aho yatangiriye kuri Ngenzahimana Bosco uzwi cyane ku izina rya Rwarutabura, wari...
Mu kwezi gushize nibwo isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ku mugabane w’I Burayi ryasojwe aho ikipe ya FC Barcelona yashakaga umukinnyi Angel Di Maria byarangiye itamubonye,bivugwa ko...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe umukino wa kabiri mpuzamahanga kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 02 Nzeri 2017 ubwo yatsindwaga igitego 1-0 na SC Villa Jogoo yo muri Uganda.
Umukino waberaga kuri...
Uwahoze ari myugariro w’ikipe ya Brazil ndetse na Real Madrid Roberto Carlos yatangaje ko akunda cyane umusore Dele Alli ndetse anemeza ko yifuza ko umutoza Zinedine Zidane yazamugura kubera...
Amakipe 2 yitezwe cyane mu mwaka w’imikino utaha APR FC na AS Kigali yatangiye neza mu mikino y’igikombe cy’Intsinzi Cup cyatangiye ku munsi w’ejo kuri stade umuganda mu karere ka Rubavu. Iki...
Ikipe ya APR FC ikomeje kwiyubaka nyuma yo kugura umukinnyi Ombolenga Fitina bivugwa ko yaba ishaka umusore Sibomana Abouba wari usanzwe ari umukinnyi wa Rayon Sports.
Uyu musore wazahajwe...
Rutahizamu w’umunya Mali Ismaila Diara aratangaza ko yifuza kugaruka mu ikipe ya Rayon Sports yagiriyemo ibihe byiza mbere yo kuyivamo yerekeza mu ikipe ya Darling Club Mutema Pembe (DCMP) yo muri...
Abasore 2 b’abanya Brazil Neymar Junior na Philippe Coutinho batangaje ko ubwo bari bakiri bato bakundaga ikipe ya Real Madrid ndetse bose bemeza ko bakundaga kureba imikino yayo cyane ko harimo...
Guhera ku wa gatanu taliki ya 25 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu ntara y’amajyepfo mu mwiherero wari wateguwe n’itsinda ry’abafana bay obo muri iyi ntara Les Bleus du Sud aho...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Kanama 2017 nibwo ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball yerekeje mu gihugu cya Tunisiya aho igiye gukorera imyitozo ya nyuma yo kuyifasha...
Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira AS Muhanga ibitego 6-0 mu mukino wa mbere wa gicuti wo mwiherero iri kugirira mu majyepfo wateguwe n’itsinda ry’abafana bayo bo muri iyi ntara " Les Bleus du...
Rutahizamu wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi n’umugore we Antonnella Roccuzzo , baritegura kubyara umwana wa gatatu nyuma y’amezi agera kuri abiri barushinze....
Umukinnyi Ryan Mason w’imyaka 26 ukinira ikipe ya Hull City ashobora gusezera ku mupira w’amaguru nyuma y’aho inzobere mu buvuzi zimugiriye inama yo kureka umupira w’amaguru kubera ikibazo yagize mu...
Umukinnyi Fabrice Mugheni wari umaze imyaka isaga 2 akinira Rayon Sports yatangaje ko kuba yarerekeje mu ikipe ya Kiyovu Sports n’imyambaro iyi kipe yambara yabigizemo uruhare cyane ko kuva mu...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Ikipe ya Kiyovu Sports irimo kwiyubaka nyuma yo gufashwa kuguma mu cyiciro cya mbere na FERWAFA yamaze gusinyisha umukinnyi Habyarimana Innocent na Habakubaho Vincent wavuye muri Pépinière FC mu...
Igihangange mu mukino wa Tennis cyane cyane ku bibuga by’igitaka Rafael Nadal umunya Espagne w’imyaka 31,agiye kongera kwisubiza umwanya wa mbere ku isi nyuma y’aho Andy Murray wari ufite uyu mwanya...
Umukinnyi mpuzamahanga Sugira Ernest wamaze kugurwa n’ikipe ya APR FC avuga ko afite umukunzi bitegura kurushinga mu mwaka wa 2018 nk’uko bakunze kubiganiraho, ngo ntashobora kuvuga amazina ye mu...