Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Abanyeshuri barenga 10 bo mu ishuri ryisumbuye rya Ruganda riherereye mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi baravugwaho kuba batwite.
Aya makuru yemezwa na bamwe mu banyeshuri biga kuri...
Nkuko byatangajwe na Komite Olimpike y’u Rwanda (RNOSC) kuri uyu wa gatatu binyuze mu itangazo basohoye u Rwanda rwongeye kugirirwa icyizere cyo kwakira indi nama mpuzamahanga aho rwatoranyijwe...
Ndayambaje Emmanuel uzwi cyane mu muziki nka Bob Pro avuga ko umuziki nyarwanda udakeneye abiyita abajyanama (managers), ko ahubwo ukeneye abakorera hamwe nk’itsinda rimwe ari abantu benshi kugira...
Mu mwaka wa 2016, habaye ibikorwa bitandukanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda birimo:Ubukwe bw’ibyamamare, ibitaramo bitandukanye byahuje abahanzi bo mu karere k’ibirasirazuba ndetse no hanze...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...